• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 12, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Gen Christian Tshiwewe, Wa Congo, Nawe Yitabiriye Inama Iri Roma Mubutaliani Ihuza Abagaba B’Ingabo Zibihugu 42 Bya Africa.

minebwenews by minebwenews
March 5, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Roma mubutaliani harinama yahuje abakuru b’Ingabo zibihugu bya Africa muribyo bihugu ibyitabiriye iyo nama n’ibihugu mirongwine nabibiri(42), harimo nuwa Republika iharanira democrasi ya Congo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Iyi nama bivugwa ko yateguwe n’igisirikare ca Leta Zunze Ubumwe Za America, mwishamyi rishinzwe Umugabane wa AFrica (AFRICOM).

Muriyo nama irimo abakuru b’Ingabo zibihugu bya Africa mirongwine nabibiri, ikaba yaratangiye kuminsi makumyabiri nirindwi (27), ukwezi kwa kabiri uyumwaka wa 2023. Lt Gen Christian Tshiwewe, niwe mukuru w’ingabo za Republika iharanira democrasi ya Congo (Fardc) witabiriye .

Mumakuru agera kuri Minembwe Capital News, twarahuye kubindi binyamakuru harimo na RFI, nuko Umugaba w’ingabo za Republika iharanira democrasi ya Congo (Fardc) witabiriye iyo nama i Roma mubutaliani, yagaragaye aganira numugaba w’ingabo z’Urwanda Jean Bosco Kazura, amusaba imbazi kubyo Président Félix Antoine Tshisekedi aheruka gutangaza ko Abanyarwanda bamusaba gukuraho ingoma ya President Paul Kagame.

Muriki kiganiro abagaba b’Ingabo zakarere baganiriye kuruhande harimo uwub’Urundi Prime Niyongabo, uwa Tanzanie Gen Jacob John Mkunda.

Gusa ibyo baganiraga bikaba bitaraja hanze, kubya J.Bosco Kazura na Tshiwewe Christian wa RDC nibyo bikomeza guhwihwiswa .

Mukiganiro Président Paul Kagame, aheruka guha itangaza makuru avuga kubyo mugenzi we Président Félix Tshisekedi yatangaje ko ashaka guhindura Ubutegetsi bwa Kigali , Kagame yavuze ko iwe abona ko Tshisekedi yakinaga ngo kuko ibyo yavuze atabona aho ahera ngo abishobore.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

I Kalemi Aba Polici Ba Congo, Bakubise Umunyamulenge(Tutsi), Kugeza Yinjijwe Ibitaro Imuziza Ko Afite Ikibanza Cubutaka Ngo Kandi Atarumu Congomani Wuzuye.

Comments 1

  1. Felix says:
    3 years ago

    I’m very happy to be here

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?