
I Roma mubutaliani harinama yahuje abakuru b’Ingabo zibihugu bya Africa muribyo bihugu ibyitabiriye iyo nama n’ibihugu mirongwine nabibiri(42), harimo nuwa Republika iharanira democrasi ya Congo.
Iyi nama bivugwa ko yateguwe n’igisirikare ca Leta Zunze Ubumwe Za America, mwishamyi rishinzwe Umugabane wa AFrica (AFRICOM).
Muriyo nama irimo abakuru b’Ingabo zibihugu bya Africa mirongwine nabibiri, ikaba yaratangiye kuminsi makumyabiri nirindwi (27), ukwezi kwa kabiri uyumwaka wa 2023. Lt Gen Christian Tshiwewe, niwe mukuru w’ingabo za Republika iharanira democrasi ya Congo (Fardc) witabiriye .
Mumakuru agera kuri Minembwe Capital News, twarahuye kubindi binyamakuru harimo na RFI, nuko Umugaba w’ingabo za Republika iharanira democrasi ya Congo (Fardc) witabiriye iyo nama i Roma mubutaliani, yagaragaye aganira numugaba w’ingabo z’Urwanda Jean Bosco Kazura, amusaba imbazi kubyo Président Félix Antoine Tshisekedi aheruka gutangaza ko Abanyarwanda bamusaba gukuraho ingoma ya President Paul Kagame.
Muriki kiganiro abagaba b’Ingabo zakarere baganiriye kuruhande harimo uwub’Urundi Prime Niyongabo, uwa Tanzanie Gen Jacob John Mkunda.
Gusa ibyo baganiraga bikaba bitaraja hanze, kubya J.Bosco Kazura na Tshiwewe Christian wa RDC nibyo bikomeza guhwihwiswa .
Mukiganiro Président Paul Kagame, aheruka guha itangaza makuru avuga kubyo mugenzi we Président Félix Tshisekedi yatangaje ko ashaka guhindura Ubutegetsi bwa Kigali , Kagame yavuze ko iwe abona ko Tshisekedi yakinaga ngo kuko ibyo yavuze atabona aho ahera ngo abishobore.
I’m very happy to be here