
Umuhana wa Karuba uri muri Territory ya Masisi ho muri Kivu yamajyaruguru, muri Republika iharanira democrasi ya Congo umaze kwigarurirwa ningabo za M23.
Imirwano yongeye kubura uyumunsi kugicamunsi cokuwagatandatu kuminsi itanu zukwezi kwa gatatu uyumwaka 2023, hagati ya M23 n’Ingabo za Republika iharanira democrasi ya Congo (FARDC).
Ingabo za Fardc byavuzwe ko zifatanije na FDLR, Maimai Nyatura ndetse na Bacancuro, babazungu, bavuye muri Buligariya na Romania abandi mub’Urusiya . Abacancuro bose barabarigwa mubantu bari hagati ya 500 na 600.
Mumakuru Minembwe Capital News, yahawe nabamwe mubasirikare ba M23 bahamije ko ingabo za Republika iharanira democrasi ya Congo bayabangiye ingata basiga umuhana wa Karuba. Umuhana wa Karuba, nihejuru yumuhanda uja za minova, ukaba uri 12 km na Sake ugereranije.
Izintambara zikaba zimaze gutuma Abaturage benshi bahunga ibi bice birimo imirwano nkuko twabibw’iwe nabamwe mubaturage baturiye Imisozi ya Masisi.
Muraho turabakurokirana
Muraho Namwe amakuru?