Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Rutigita Homuri Minembwe Mai Mai Na Red Tabara, Bahagabye Igitero gihitana Abantu Babiri Gikomeretsa Batandatu Babungeri B’inka Numu Pasteur.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 31, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu babiri bishwe mu Minembwe abandi batandatu(6), barakomereka mugitero cagabwe n’inyeshamba zomumutwe wa Mai Mai hamwe na Red Tabara, ukorana byahafi n’Ingabo za leta ya Kinshasa.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 31.05.2023, saa 8:25pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Ahangana mumasaha yumugoroba wokuruyu wagatatu abarwanyi bo mumutwe wa Mai Mai Bishambuke na Red Tabara, bagabye igitero mugace ka Rutigita ho mumarango ari mumajy’Epfo ya Komine Minembwe, iki gitero kikaba cahitanye abaturage babiri bari baragiye Inka, gikomeretsa nabandi bantu batandatu (6).

Ibi bibaye mugihe harihamaze iminsi itarimike mu Minembwe haragahengwe kamahoro gusa harihagize igihe havugwa amakuru ko abarwanyi ba Mai Mai bari mumyiteguro yokugaba ibitero mu Minembwe, aha mu Minembwe haheruka ga kubera intambara tariki 29.12.2022 nambere yaho.

Iki gitero canone cagabwe ahari haragiriwe inka murako gace komu Rutigita, cahitanye Pasteur Budederi na Kimeme Antoine.

Nigitero camaganwe numuyobozi wa Mahoro Peace Association (MPA), Adel Kibasumba, yacamaganye akoresheje urubuga rwe rwa Twitter yagize ati: “Twamaganye igitero cyahitanye abantu, nigitero cari kiyobowe nabafatanya bikorwa b’ingabo za FARDC aribo Mai-Mai na RedTabara, cagabwe kubaturage bari baheruka gutahuka baja i Rutigita / Minembwe. Abantu 2 bishwe (Pasteur Budederi na Kimeme Antoine) naho abandi 6 barakomereka. Inka ibihumbi n’ibihumbi zasahuwe. FARDC ntiyakojejwe ibyo gutaba cyangwa Monusco.”

Byemejwe ko muriki gitero hanyazwe Inka zitarabasha kumenyekana umubari nkuko umwe mubaturage ba Minembwe yabibwiye Minembwe Capital News.

Inka za Banyamulenge zimaze kunyagwa na Mai Mai ifatanije na Red Tabara, nibihumbi byinshi muminsi itarimyinshi umutwe wa Red Tabara na Mai Mai bari baheruka Kandi kunyaga Inka ahitwa Mugahwela nigitero naco cakozwe mumasaha yumugoroba Inka zarizitangiye guhindura nkuko byavuzwe nabaturage baturiye Gahwela.

Tags: Mai Bishe AbantuMinembweRed tabaraRutigita
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Wagner Chief Prigozhin Slams The Country's Military Officials After Drone Attacks To Moscow, Telling Them "Let Your Houses Burn."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?