• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Kamanyola Ho Muri Teritware Ya Walungu, Haratutumba Intambara.

minebwenews by minebwenews
June 4, 2023
in Uncategorized
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haratutumba intambara muri Kivu yamajy’Epfo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yateguwe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 04.06.2023, saa 10:30pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ngoyashizeho uburyo busha buzayifasha kurwanya ubutegetsi bwa Kigali.

I Kamanyola ho muri teritware ya Walungu, muntara ya Kivu yamajy’Epfo, mugihugu cya RDC, haheruka kubera inama yahuriwemo nabayobozi batandukanye bomunzego zishinzwe umutekano muriki gihugu. Iyonama ikaba yaratangiye kuruyu wa Gatanu, tariki 02.06.2023, ikaba yararangiye mwirijoro ryakeye ryokw’itariki 03/06.

Nkuko amakuru agera kuri Minembwe Capital News abivuga, nuko iyonama yabayemo numusirikare mukuru wavuye i Kinshasa kumurwa mukuru w’igihugu cya RDC, bwana Gen Mukendji Basengo Djuman, waje aserukiye Umugaba w’ingabo za FARDC.

Muriyo nama kandi hitabiriye nabayobozi batandukanye bagisirikare nabagisevile, Umukuru w’ingabo muri Kivu yamajy’Epfo(Commandant Région), uhagarariye Iperereza muriyi ntara (Chef wa Renseignements) Komanda wa opération muri Secteur ya Uvira ndetse na Guverineri wiy’intara ya Kivu y’Epfo, aba nibo bari bitabiriye inama yamaze iminsi ibiri(2), muri Kamanyola ho muri Teritware ya Walungu.

Muribimwe byigiwe muriyonama harimo kongera ingabo Nyangezi no kumupaka wa Kamanyola, uhuza RDC nu Rwanda. Hizwe kandi uburyo abashinzwe umutekano baba maso bakarinda ubusugire bw’igihugu cyabo nogushotora Igihugu ca baturanyi nimugihe babwiye abitabiriye ibyo biganiro ko ingabo zuwo bise umwanzi ko zishaka kwambuka kubutaka bw’aCongo.

Ibi bisa nibyo Président Félix Tshisekedi, yavuze ubwo yaganiraga nurubyiruko rwa Rdc, i Kinshasa, mukwezi kwa 12/2022, nimugihe yarafashe ijambo maze avuga ngo: “Abanyarwanda ntacyo dupfa ahubwo leta ya Kigali niyo kibazo kuri RDC. Abanyarwanda barashaka ko tubafasha kwigobotora ingoma yigitugu.”

Amakuru yizewe agera kwisoko ya MCN, nuko mubiganiro byari Kamanyola harimo na bamwe mubayobozi bumutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya leta ya Kigali.

Nyuma yibi biganiro Kamanyola hagaragaye abasirikare benshi harimo n’Imbonera Kure ziva mugihugu cu Burundi ndetse n’inyeshamba zomumutwe wa FDLR, urimo abasize bakoze Genoside mu Rwanda ahagana mumwaka wa 1994.

Inkuru ikomeza ivuga ko Kominote ya Chinyabuguma aribwo bwoko bwa Bashi, basabye ubutegetsi bwa Kivu yamajy’Epfo, kubarinda ntibongere kubona intambara maze bavuga ko bo biteguye gukorana nuzaza wese kubutaka bwabo aho bagize bati: “Twebwe Kominote yabatuye i Bukavu(Abashi), uwo mwita umwanzi nakandagira kubutaka bwa Kivu yacyu tuzamanika amaboko kuko ntidushaka intambara, kandi tuzakira uzazana amahoro wese.

Tags: FardcFDLRImbonera KureKamanyolaKivu Y'epfo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

India's Worst Train Crash 261 Fatalities And More Than 900 Injuries.

Comments 2

  1. Maniragaba says:
    2 years ago

    Ibendera rigiye kuzamuka nezaaa ndabona ntagusigaye hariho nurwandiko twafashwe ruhishura amasezerano yazamayi mayi zagiranye ninterahamwe avugango bafatikanye batere urwanda bahirike ingoma ya Kagame. Ibyo nibyo bidusunikira kumasezerano

    • Bruce Bahanda says:
      2 years ago

      Zana urwo rwandiko nshuti.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?