Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuvugizi Wa RDC, Mu Ikiganiro N’umunyamakuru Wa Le Point. Muyaya Ati : “Dutgerejeko U Bufaransa Bufatira Ibihano Kigali.”

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 8, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muyaya Patrick, umuvugizi wa RDC yatangaje ko Igihugu cye gitegereje ko u Bufaransa butanga ibihano ku Rwanda.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 08.06.2023, saa 10:47Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Bwana Patrick Muyaya, umuvugizi wa leta ya Republika ya Democrasi ya Congo, yatangaje ko igihugu cye gitegereje kubona President Emmanuel Macron, nigihugu cye bafatira leta ya Kigali ibihano, ngo kuko Kigali ikomeje guha ubufasha umutwe witwaje imbunda wa M23, bakaba barwanira Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo. N’intambara yubuye mumpera z’umwaka wa 2021.

Ibi byacyiye mukiganiro Patrick Muyaya, yagiranye nitangaza makuru rya Le Point. Ubwo bari mukiganiro bwana Muyaya yasobanuye avuga ngo: “N’ubwo hafashwe imyanzuro ya Luanda na Nairobi, raporo z’urwego z’ubutasi bwa RDC zigaragaza ko Kigali, ikomeje guha ubufasha umutwe wa M23 muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.”

Umunyamakuru nawe yamuteye ikibazo amubaza ati: Mugihe leta y’u Rwanda itahagarika ubushotoranyi utekereza ko amahanga arimo u Bufaransa yafatira ibihano leta ya Kigali ? Muyaya yahise asubiza avuga ati: “Mubyo President Emmanuel Macron yasezeranije Ubutegetsi bwa RDC ubwo yagiriraga uruzinduko i Kinshasa harimoko bazarufatira ibihano kandi ibi yabivugiye mu ruhame.”

Umunyamakuru wa Le Point yongeraho amutera ikibazo ati: Nonese wizera amagambo Macron yavuze? Muyaya ati: “Kuri twebwe, ikibazo si ukubyizera cyangwa kutabyizera. President Macron yashyizeho amabwiriza kandi natubahirizwa, hazafatwa izindi ngamba. Kuba yafata ibihano biri mu maboko ye.”

Umuvugizi Patrick Muyaya, wa leta ya Republika ya Democrasi ya Congo, yakomeje abwira umunyamakuru wa Le Point, agira ati :”Nubwo ibihano bitafatitwa abatera inkunga umutwe wa M23, igihugu cyonyine cya RDC cya kwishakira ibisubizo.”

Muyaya akomeza ati: “Ariko ukuri guhari ni uko, kuri twebwe, igisubizo kirambye kiva muri twe. Ni yo mpamvu turi kubaka igisirikare cyacu. Twemeje itegeko ry’igenamigambi, twashyizeho politiki y’igisirikare, bivuze ko uyu munsi duhanze amaso ahazaza, twizeye ko igisirikare cyacu kizakomera.”

Umunyamakuru wa Le Point arabaza kandi : Ariko se umubano wa Republika ya Democrasi ya Congo n’u Rwanda mubona uzongera kuba mwiza?

Muyaya ati: “Imishikirano y’impande zombi yabaho gusa mu gihe u Rwanda rwahagarika gufasha umutwe wa M23 kandi rugakura ingabo zarwo kubutaka bw’aCongo, mugihe bitakorwa gutyo tuzakomeza kuba abanzi.”

Gusa leta ya Kigali, ibi ibitera utwatsi ntiyemeranya na rimwe n’aya makuru ava mu butasi bwa Congo Kinshasa. Kigali ivuga ko nta bufasha ubwo ari bwo bwose iha M23, kandi ko nta ngabo zarwo ziri kubutaka bw’aCongo Kinshasa.

Kigali ikomeza igaragaza ko ibi birego ari urwitwazo rw’ubutegetsi bubi, bwananiwe gukora inshingano yabwo yo gushakira amahoro n’umutekano ubusugire bw’igihugu cyabo.

Ibihugu nk’u Bufaransa na byo byemeza ko u Rwanda rufasha M23, kandi ko rufite ingabo muri RDC. Ariko rwo ruvuga ko haba hirengagijwe ukuri ku mpamvu yatumye abarwanyi b’uyu mutwe begura intwaro, zishamikiye ku ngaruka mbi z’amateka y’akarere kuva mu gihe cy’ubukoloni.

Tags: IbihanoKigaliLe PointM23MacronRdcu Bufaransa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

KIGALI: His Excellence President Paul Kagame Of Rwanda Orders A Significant Military Purge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?