Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Minisitiri W’ingabo Za Kinshasa, J.Pierre Bemba Yageze I Sake Na Kibumba Ahazwi Nkahabera Intambara.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 13, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’intebe w’ungirije akaba n’a minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba, yasuye ibice biberamo intambara Sake n’a Kibumba.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 13.06.2023, saa 5:55Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Nyuma yuko minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba Gombo, ageze i Gima agahamagarira imitwe yitwaje intwaro yimbere mugihugu n’iy’amahanga gushyira imbunda hasi, uyumuyoboz yahise yerekeza Isake n’a Kibumba.

Aha hakaba hazwi nkahantu hakunze kubera urugamba ruhanganishije inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta ya Kinshasa ( FARDC).

Minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba Gombo, akigera Saké n’a Kibumba yahumurije ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo (FARDC). Bikaba binabaye ubwa mbere Minisitiri Bemba, kuva yagirwa Minisitiri w’ingabo, asura iyi ntara agakora iy’imihango idasanzwe.

Jean Pierre Bemba Gombo, aje mugihe imirwano ivugwa muri Kilolirwe ho muri teritware ya Masisi hagati y’umutwe witwaje intwaro wa M23 na Wazalendo ndetse n’a Nyatura. Iyimitwe ikorana byahafi n’Ingabo za Fardc ishinjwa kugaba ibitero muri Kilolirwe murwego rwo kunyaga Inka zabo mubwoko bw’Abatutsi.

Ku rundi ruhande, haribazwa icyo ingabo z’ibihugu byinshi zikomeje kwiyongera muri RDC zizamarira iki gihugu gikomeje gucikamo ibice. Ubusesenguzi bwo bugaragaza ko uko biri kose, ameherezo y’inzira ari mu nzu.

Bibaye mugihe Intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), Bintou Keita, yamaganye “mu magambo akomeye” igitero giteye ishavu cyabaye mu ijoro ryo kw’itariki 11 nomugitondo cyo ku ya 12.06.2023.

Nigitero gishinjwa inyeshamba zomumutwe wa CODECO, aho bakigabye mumpunzi zimbere mugihugu ihitwa i Lala iherereye mu birometero 75 uvuye Bunia, agace ka Djugu muntara ya Ituri.

Raporo y’agateganyo ivuga ko iki gitero cyahitanye abantu barenga 45 gikomeretsa icumi.

Nimugihe kandi ahitwa Kasinde mwiryo joro ryokucyumweru hagabwe igitero caguyemo abantu umunani abandi bagafatwa bukware n’inyeshamba zomumutwe wa ADF, umutwe Ukomoka mugihugu ca Uganda.

Tags: Bintu KeitaI LalaIturiJean Pierre BembaKasindeKibumbaSakeubwicanyi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

CODECO Rebellious Militia Group Has Killed Over 40 People In An IDP Camp.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?