Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Denis Sassou Ngueso, Ngoyaba Ari Mumugambi Woguhagarika Urugendo Rwa Ba Perezida 6 Ba Afrika, Bashakaga Kwerekeza Muri Ukraine.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 14, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urugendo rwa ba Perezida batandatu ( 6), ba Afrika berekezaga muri Ukraine, ngo rushobora gusubikwa kubusabe bwa Perezida Denis Sassou Nguesso.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 14.06.2023, saa 8:05pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Byamaze kumenyekana ko Perezida wa Congo Brazzaville Denis Sassou Nguesso, yasabye bagenzi be baheruka kwemezanya kwerekeza muri Ukraine guhuza Perezida Vradimir Putin na Perezida wa Ukraine gusubika uru rugenzi.

Namakuru yamaze kuja hanze kuruyu wagatatu tariki 14/06/ 23, saa tatu n’igice, kumasaha ya Nairobi na Kampala, nkuko tubikesha urubuga rwa Africa Intelligence.

Nkuko byatangajwe niki Kinyamakuru cya Africa Intelligence, kivuga ko Perezida Denis Sassou-Nguesso yagerageje kumvisha bagenzi be bo mu muryango w’ubumwe bw’Afrika Yunze ubumwe (AU) gusubika urugendo bari bafite rwokwerekeza muri Ukraine, aho byari biteganijwe ko bazaja kunvikanisha Perezida Vradimir Putin na Perezida wa Ukraine, kuntambara Imaze umwaka urenga ihanganishije ingabo za Barusiya nizigihugu cya Ukraine.

Nurugenzi rwari ruteganijwe ko ruzasubukurwa tariki 16.06.2023. Bikavugwa Kandi ko Perezida Denis Sassou Nguesso, yabanjye kuganiriza Macky Sall, akoresheje telephone ngendanwa maze nyuma abona kuganiriza aba Perezida batandatu(6), bari bafitanye urugendo.

Aba ba Perezida batandatu bomuri Afrika Yunze Ubumwe harimo na Perezida wa Congo Kinshasa, Félix Tshisekedi, Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, Cyiril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo nabandi.

Denis Sassou Nguesso, niwe Perezida wa Congo Brazzaville, yavutse tariki ya 23/12/ 1943.

Yahoze ari umusirikare, muriki gihugu akaba yarabaye perezida wa Repubulika ya Congo mumwaka wa 1997.

Tags: Afrika (AU)GuhagarikaPerezida Denis Sassou Nguesourugendo rwa Ba Perezida 6
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

BUKAVU: P-DDRCS Unit Sensibilisation Over The Specialisation Of Services To Fight Against Founding Armed Groups In Eastern DRcongo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?