Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuryango Wa Loni, Wamaganye Wivuye Inyuma Iyichwa Rya Guverineri W’intara Ya West Darfur.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 15, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango wa Loni, wamaganye Iyicwa rya Guverineri w’intara ya “West Darfur.”

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Umuryango w’Abibumbye (L’ONI), wamaganye wivuye inyuma iyicwa rya guverineri w’intara ya “West Darfur” mu burengerazuba bw’igihugu cya Sudani.

Khamis Abdullah Abakar yafashwe kuruyu wa Gatatu, afatwa n’abantu bitwaje imbunda, bikavugwa ko arinabo bamwishe.

Byabaye nyuma gato y’ikiganiro yari amaze gukorana nab’anyamakuru akoresheje téléphone ngendanwa, nikiganiro cyaciye kuri televiziyo imwe yo muri Arabiya Sawudite, anenga cyane umutwe witwara gisirikare “Forces de Soutien Rapide” mu Gifaransa cyangwa “Rapid Support Forces,” RSF, mu Cyongereza, urimo urwana n’ingabo z’igihugu ziyobowe na Gen Abdel Fattah al-Burhan.

Muri icyo kiganiro humvikanagamo urusaku rw’amasasu n’urw’imbunda ziremereye. Yatangaje ko ari RSF, n’abarwanyi bafatanyije nayo barimo bayogoza umujyi wa El Geneina, umurwa mukuru wa West Darfur, n’indi myinshi itandukanye. Yasobanuye ko bibasira ku bwinshi abo mu bwoko bwa Masalit, abyita “Genoside.”

Ni inde wishe guverineri wa West Darfur, Khamis Abdullah Abakar? Umukuru wa Sudani, General al-Burhan arega RSF. Yabyise igitero “cy’ubugwali, cyangwa cy’ububwa.” Ishyirahamwe ry’abavoka n’abanyamategeko rya Darfur ryamaganye icyo ryise “Ubushotoranyi bwa kinyamaswa n’ubugome ndengakamere.” Ariko ntiyavuga uwamwishe.

Naho ONU, mu itangazo umutwe wayo w’ingabo z’amahoro muri Sudani, UNITAMS mu magambo ahinnye, washyize ahagagara, itangazo ko “Ihereye ku babyiboneye n’amaso yabo ari RSF n’imitwe yitwara gisirikare y’Abarabu yishe Khamis Abdullah Abakar.” Isobanura ko yabivuganyeho na RSF, yo irabihakana.

ONU ivuga ko “yakubiswe n’inkuba n’iyicwa rya guverineri wa West Darfur. Yaryamaganye yivuye inyuma, iryita “ubwicanyi buturuka ku rwango.” Yahamagariye abaturage ba Sudani kutisuka mu mvugo zihamagarira abantu kwanga abandi no mu bushyamirane bw’amoko.

Tags: DarfurGuverineriLoniRSFSudanY'amaganye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ishirahamwe Rya Ugeafi, Rikorera Mumisozi Miremire Yo Muri Teritware Ya Fizi, Ngoririmo Kubaka Ibarabara Rihuza Bibogobogo Na Kalele.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?