Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Evalist Ndayishimiye, w’Uburundi ngo yatangajwe numukozi uhembwa ifaranga zumurengera mugihugu cye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 18, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

MCN, Kwamungu tariki 18.06.2023.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Perezida Evalist Ndayishimiye, wigihugu c’u Burundi yatunguwe n’umukozi wahembwe amafaranga hafi miliyari 2 mu mezi 5.

Perezida w’u Burundi, Evaliste Ndayishimiye, yatangaje ko yatunguwe no kubona ko hari umukozi wa Leta wahembwe amafaranga y’iki gihugu miliyari imwe na miliyoni 800 (1.800.000.000 Fbu) mu mezi atanu gusa.

Ni amakuru yatanze tariki ya 9 .06. 2023, umunsi wahariwe gukunda igihugu wibandaga ku ntego z’iterambere Abarundi biyemeje kugeraho mu mwaka wa 2040 n’uwa 2060.

Evalist yabwiye abo mu nzego zitandukanye bitabiriye ibi birori ati: “Murabizi? Minisitiri yampaye message, ambwira ati ‘Ibara riraguye!’ Umukozi yahembwe 1 milliard, huit cents millions mu mezi atanu, kuri konti ye! Ni ukuvuga ngo ahembwa 360 millions par mois. None abantu barya nk’ayo mafaranga bakwemera ko aba digitalisés? Tuvugishe ukuri.”

Uyu Mukuru w’Igihugu yavuze ko uburyo ifaranga rikoreshwamo bukwiye kujya bugenzurirwa mu ikoranabuhanga (digitalisé) mu rwego rwo gufungira amayira abiba igihugu, naho ubundi ngo nta bundi buryo bwakemura iki kibazo mu gihe n’abasirikare bacibwa mu rihumye.

Yagize ati: “Umuntu ushobora kwiba mu gisirikare, ahantu tuba dutonze kumurongo munsi y’idarapo akabishobora, uwo noneho abaru umujura ruharwa uruta abandi! None ahari akajagari aho muri fonction publique ni ho batakwiba no ku basirikare n’abapolisi batonze umurongo gutya, abasambo bakiyaranja hakaba abasirikare…”

Mu gisirikare, Perezida Ndayishimiye yavuze ko ubajije ushinzwe imishahara umubare w’abasirikare igihugu gifite, ukabaza n’ushinzwe kubabagaburira, bombi batahuza imibare. Ati: “Ntibakwigera bahuza! Uko ni ukuri ndimo ndababwira!!!”

Perezida Ndayishimiye amaze igihe kinini anenga abiba umutungo w’igihugu. Aho avuga ko usibye gukoresha ikoranabuhanga mu kugenzura uburyo amafaranga ya Leta akoreshwa, yanafashe ingamba zo guhindura inoti z’ibihumbi 10 n’iza 5 kugira ngo abibye iziri gucyura igihe zizabapfire ubusa.

Tags: Evalist NdayishimiyeU Burundiyatangajwenumukozi uhembwa menshi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Perezida Yoweli Kaguta Museveni, ati "namaze gutsinda urugamba mazemo iminsi mpangana n'a Corona Virus."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?