Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abantu 12, bakatiwe urwogupfa, murukiko rwagisirikare rwa Bandundu, bazira ibyaha byo muntara ya Maï-Ndombe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 25, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu 12 baciriwe urwo gupfa kubera bashinjwa guhungabanya umutekano mugace ka Kwamouth muri Maï-Ndombe.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 25/06/2023, saa 8:00Am, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Urukiko rwa gisirikare i Bandundu ruburanishwamo abakekwaho kuba baragize uruhare mumakimbirane yomugace ka teritware ya Kwamouth na Bagata, rwakatiye abantu icumi nabiri baheruka guhungabanya umutekano murutwo duce bivuye kumanza zabaheruka gucibwa.

Mumakuru yizewe dukesha Radio Okapi, yatangaje ko aba bantu 12 bamaze gukatirwa urwo gupfa bazira iterabwoba bashize kubacamanza baheruka gucira imanza abantu bashigwa mumajwi mumakimbirane yamoko muri teritware ya Kwamouth, homu ntara ya Mai-Ndombe.

Abakatiwe urwogupfa amazina yabo akaba yamaze gushigwa hanze aribo Bolonga Bantu, Mazumbu Salabiaku, Madioko Modero, Maluma Makila, Kibanda Thomas, Kulefa Salayi, Pika Mubiadi, Kusula, Nzuku, Matiti Maluma, Balabala Moke na Fambongo Kumbi.

Naho uwitwa Mabaya Kbwila Jordan, urukiko rwatangaje ko rudafite ubushobozi bwo kumuburanisha kuko afite imyaka irimunsi yacumi yamavuko.

Ku baregwa Massamba Mukakala, Bunda Muyamo, Intu Ekoko Jean na Abibo Sakasaka, urukiko rwagaragaje kobo bashinjwa kwica.

Abandi barindwi bagizwe abere kubera ibyaha baregwa bidafitiwe gihamya, nibo Ludia Nico, Mundela Patrice, Muleke Ngwadaka, Masaka Arnold, Bwabubi Moke, Mudiaba Kulunganga na Mambanzila Maluta.

Umutekano mu karere ka Kwamouth homuntara ya Mai-Ndombe, wakomeje kuba mubi nyuma y’amakimbirane yavutse hagati y’abaturage bomubwoko bwa Teke na Yaka byagize ingaruka mbi ku zindi ntara zikikije, harimo igice cy’intara y’umujyi wa Kinshasa.

Abantu amajana barapfuye abandi ibihumbi n’ibihumbi barahunga kubera imirwano ikaze yabaye hagati ya Téké na Yaka mu majyepfo y’uburengerazuba bwa RDC.

Minisitiri Peter Kazadi aheruka gutangaza ko amahoro yagaruwe muri teritware ya Kwamouth, kumpamvu zuko CENI, yateguye igikorwa cyo kubarura abazatora muri kariya gace, maze yemeza ko iki gikorwa cya CENI ko kirimo gukorwa.

Tags: 12bakatiwe urugupfaBandunduMaï-NdombeUrukiko
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Amashirahamwe ategamiye kuri leta muri RDC ndetse na matorero basabye ko Komisiyo ishinzwe amatora yayategura muburyo bunoze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?