Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuyobozi mukuru wa Komisiyo y’umuryango wa AU, yanenze guverinema ya Perezida Félix Tshisekedi, kuba yaranze kuganira na M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 26, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi wa Komisiyo y’umuryango wa AU yanenze guverinema ya Perezida Félix Tshisekedi yanze kuganira na M23.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 26/06/2023, saa 1:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Umukuru wa Komisiyo y’ubumwe bw’Umuryango wa AU( Afrika yunze ubumwe), Moussa Faki Mahamat, yanenze guverinema ya Republika ya Demokarasi ya Congo, iyobowe na Perezida Félix Tshisekedi, kuba yaranze kwicarana ngo ikirane Ikiganiro n’umutwe w’inyeshamba wa M23.

Uyu muyobozi mu kiganiro yagiranye na Jeune Afrique, yasabwe kuvuga aho iyi komisiyo ihagaze kuri raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye ishinja Leta y’u Rwanda gufasha M23 mu burasirazuba bwa RDC.

Faki yasubije ati: “Uburasirazuba bwa RDC bufite ibibazo kuva mu binyejana byinshi birenga bibiri. Hari imitwe yitwaje intwaro myinshi, imitwe y’abagizi ba nabi. U Rwanda ruvuga ko aba-FDLR, abasize bakoze Genoside basigaye, bibera muri RDC, bamwe bashyizwe mu gisirikare cy’igihugu cya Republika ya Demokarasi ya Congo.”

Kuri RDC, uyu muyobozi yagize ati: “Congo ku ruhande rwayo ivuga ko hari ubufasha butaziguye u Rwanda ruha M23. Ni urugero rw’icyo twita intambara zifashisha izindi mbaraga.”

Faki yavuze ko ikibazo gihari ari uko ubutegetsi bwa RDC bwanze kuganira na M23. Ati: “Kimwe mu bibazo bihari ni uko Leta ya RDC yanze kuganira na M23, iyifata nk’umutwe w’iterabwoba. Gusa iki kibazo kiri gushakirwa igisubizo mu mishyikirano ya Nairobi.”

Yavuze ko amahanga amwe n’amwe n’imiryango mpuzamahanga yamaze kugaragaza uruhande ahagazemo muri iki kibazo, gusa komisiyo ya AU yo ibona uburyo bwatuma igisubizo kiboneka ari ibiganiro.

Tags: AUKomisiyoMussa Fakiyanenze guverinema ya RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Uhagarariye CENI, muri teritware ya Fizi, yatanze ibisobanuro kubijanye nabataye ibyangombwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?