• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Uhagarariye CENI, muri teritware ya Fizi, yatanze ibisobanuro kubijanye nabataye ibyangombwa.

minebwenews by minebwenews
June 26, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi w’ishami rya CENI, muri teritware ya Fizi, yatanze uburyo bwo gushaka duplicate mu gihe ikarita y’itora yahanaguwe cangwa iba yatakaye.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 26/06/2023, saa 2:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Nyuma yamezi abiri ashize bahagaritse ibikorwa by’ibarura ryo gufata i Carte ndangamuntu, muri teritware ya Fizi. Umuyobozi wa komisiyo yigenga y’amatora CENI, muriyi teritware ya Fizi, avuga ko yishimiye iki gikorwa uko cakozwe muraka gace maze ahamagarira abamaze gufata aga Carte ndangamuntu, ariko bakaba boba baramaze kugata abasaba ko bokwiyandikisha mbere yuko amatora aba kugira bazabashe gutora.

Ibi yabivuze nyuma yuko haje ibibazo byinshi by’abaturage kubijanye nu ducarte twitora ndetse namakarita yatanzwe na CENI mu gihe cyo kwiyandikisha.

Dukurikije nimero ya 1 y’iyi komisiyo muri teritware ya Fizi, Bwana Adamu Ababele Jean, yishimiye ko 90% by’abaturage kobamaze kwiyandikisha bakaba bamaze kubona uducarite twamatora.

Ati: “Ndanezerewe kuko ibintu byose byamaze kuja kumurongo mwiza. Buri wese arasabwa kuzakora ibisigaye. Kandi mumenye ko CENI itazagera kuri buri wese, ariko ikinyuranye nacyo ni uko 90% by’abantu bateganijwe biyandikishije kandi buri wese afite ikarita ye yamatora.”

Icyakora, yanahamagarira abantu bose kuba bafite amakarita y’itora kubamaze kuzita cangwa zoba zarahanaguwe bisabwe ko bakurikiza inzira zikenewe kugira ngo babone duplicates zatanzwe na antenne ya CENI iherereye muri Fizi-centre.

Ati: “Turabizi ko hari amakarita yamatora zagiye zihabwa abantu bake kuboba barazitaye, cyangwa bazimijwe. Bafite amahirwe rero yo kujya gufata ayandi vuba, kuko azaboneka. Uburyo ku bafite ibyangombwa muri iyi leta ni ukugera kuri polisi gushaka inyandiko, hanyuma ukajya kuri antenne ya CENI bakabona kuguha indi nta kibazo.”

Menya ko ikarita y’itora ari yo yorohereza umuturage guhitamo umukandida yihitiyemo mu gihe cy’amatora. Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hateganijwe amatora mu mpera z’uyu mwaka.

Tags: CENIFiziI Carte ndangamuntu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Perezida Félix Tshisekedi, yeruye avuga ko agiye guhangana yivuye inyuma na Bashumba ba Eklezia Gatolika, bataye inshingano zabo bacamo Abanyecongo Ibice.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?