Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ngo mugihe ingabo za Monusco, zaramuka zivuye kubutaka bwa Congo Kinshasa, muricogihe akaga namakuba ngobyaba bigiye kwinjira muriki gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 27, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ambasaderi wa leta Zunze Ubumwe Z’Amerika, muri L’ONI yateguje ubutegetsi bwa RDC kwinjira mukaga mu gihe MONUSCO yaba yamaze kuva kubutaka bwa Congo Kinshasa.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 27/06/2023, saa 2:30pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Robert Wood, umugabo uhagarariye igihugu cya Amerika, mumuryango wa L’ONI. Uyu Mugabo yaburiye ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kwinjira mubihe byakaga cangwa se kwinjira mubihe by’umutekano muke kandi bigoye kurushaho mu gihe ingabo z’umuryango wa Bibumbye ( MONUSCO), zaramuka zivuye muriki gihugu.

Ibi Robert Wood, yabivuze ubwo yari imbere y’akanama ka L’ONI, gashinzwe umutekano kw’Isi, maze agaragaza ko bihangayikishije kuba Leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, ikomeje gusaba ko ingabo za MONUSCO zava muriki gihugu kirimo imitwe yitwaje intwaro irenga 250.

Uyu Mugabo we ngwabona ingabo za MONUSCO niziva muriki gihugu cya RDC, ibikorwa bihungabanya umutekano biziyongera kurushaho.

At: “Mu gihe Monusco, yagenda, dushobora kuzabona CODECO n’indi mitwe yitwaje intwaro ikomeza kwiyongera bityo umutekano ugakomeza kuba mubi. Hashobora kuzaba ubwicanyi bwinshi, kandi ikibazo kizakomera kurushaho, kubera ihohoterwa rishingiye ku gitsina ndetse nubwicanyi bushingiye kumoko.”

Nta gihindutse, byateganyijwe ko MONUSCO itazarenza uyu mwaka wa 2023 ikiri muri RDC. Ni mu gihe ubutegetsi bw’iki gihugu buyishinja kudatanga umusaruro bwari buyitezeho, cyane kuva umutwe witwaje intwaro wa M23 wubura imirwano mu mpera zumwaka wa 2021.

Ubutegetsi bwa Kinshasa nabwo bukomeje guhatiriza ngo Monusco ive mugihugu cyabo ariko ubuyobozi bwayo bwo buvuga ko kugenda ari igikorwa kigira inzira kinyuramo kandi gitwara igihe kinini. Iz’ingabo za Monusco zikaba zimaze kubutaka bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, imyaka yababa 21.

Tags: akaga namakubakuva kubutaka bwa CongoMonuscoRdc
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Rwandair, murugendo rwayo rwambere, mumasaha umunani nigice yageze kukibuga c'indege cya Paris mu Bufaransa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?