Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za RDC kurubu bafite imbaraga ntibisanzwe uwagerageza guhungabanya umutekano wa Rdc yahura nakaga gakomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 30, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi, wa Republika ya Demokarasi ya Congo yavuze ko imbaraga z’igisirikare cye zirimo kuja imbere kuruta muminsi yaheze maze agira yemeza ko uwashaka guhungabanya Igihugu cye ko yahura nakaga.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu butumwa Perezida Félix Tshisekedi yatanze uyumunsi tariki mirongwitatu ukwezi kwa Gatandatu uyumwaka (2023) mu gihe iki gihugu kiri kwizihiza umunsi w’ubwigenge ku nshuro ya 63, uyu mukuru w’Igihugu Tshisekedi yabwiye Abanyekongo bose ko igihugu cyabo cyagabweho igitero n’ingabo zo hanze, ariko avuga ko Ingabo ze zirimo kwitegura kukibohora.

Ati: “Ubu ndemeza ko imbaraga z’igisirikare cyacu n’inzego z’umutekano ziyongereye. Ndongera ntere agatege Leta ngo ikomezanye uyu muhate kugira ngo ibisa n’intambara ku butaka bw’abakurambere bacu bizabe nko kwiyahura ku muntu wese uzabigerageza.”

Ingabo z’amahanga avuga ko zateye igihugu cyabo ngo ni iza Kigali kandi ngo urubyiruko rwinshi rw’Abanyekongo rwitabiriye ubusabe bwe bwo kwinjira mu gisirikare kugira ngo ruhangane na zo.

Si ubwa mbere Tshisekedi avuze ko ingabo z’u Rwanda zateye igihugu cyabo, ariko na rwo rubihakanye kenshi, rugasobanura ko ari urwitwazo ruterwa no kuba yarananiwe gukemura ikibazo cy’umutekano muke cyazahaje uburasirazuba kuva mu myaka myinshi ishize.

Kumunsi w’ejo hashize kandi Perezida Felix Thisekedi yagejeje ijambo ku gihugu maze avuga ku bijyanye n’umutekano uri mu burasirazuba bw’igihugu cye, avuga ko igihugu cye kibangamiwe n’ingabo z’amahanga muriryo jambo yongeye nogukora kuimyiteguro y’amatora, ndetse n’ibibazo byugarije Igihugu cye.

Tags: Perezida Félix TshisekediRdcuwagerageza guhungabanya umutekano wa Rdc yahura nakaga
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Wazalendo, bakoze umunsi udasanzwe i Goma, ubwo barimo bizihiza umunsi w'ubwigenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?