Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Byemejwe ko ntanyeshamba za M23 ziri mumisozi miremire y’Imulenge homuri Kivu yamajy’Epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abashinzwe ubutasi mungabo za FARDC homuri Kivu yamajy’Epfo bemeje ko ntangabo za M23 ziri mumajy’Epfo ya Kivu.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 1/07/2023, saa 10:40Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Hari hagize igihe hahwihwisa amakuru avuga ko umutwe w’inyeshamba wa M23 ko wabo waramaze kugera mu bicye bya Kivu yamajy’Epfo ahanini bavuga mumisozi miremire y’Imulenge.

Ibi Gen André Oketi Ohenzo, umusirikare ukuriye 12ème brigade ikorera mu Minembwe, yaje kubihakanira abashinzwe ubutasi mungabo za FARDC bakorera i Bukavu, aho bavugagako iz’onyeshyamba kozaba ziherereye mubice bya Kabingo, Rutigita ndetse no mu Malango. Ibi Ohenzo yabihakanye ubwo yahamagazwaga munama yu Mutekano iheruka kubera kumurwa mukuru w’intara ya Kivu yamajy’Epfo. Bikavugwa ko kandi S2 wa Région muri Kivu yamajy’Epfo, koyageze mu Minembwe muriki cyumweru turimo dusoza akaba yaragiye gukurikirana ayamakuru maze agezeyo asanga nibihuha byambaye ubusa.

Mumakuru yizewe twamaze kuronka kuri Minembwe Capital News, nuko Gen André Oketi Ohenzo, aheruka gukoresha inama mu Minembwe naba Chefs bagize akarere ka Minembwe abasaba kuba maso kugira uwo yise umwanzi atazabanyura murihumye, aho yavugaga M23.

Muriyo nama mu Minembwe, Gen André Ohenzo Oketi, akaba aribwo yanzuyeko mubice byo mu Malango ko ingabo ze zigiye kuza zihakorera patrouille. Muricyo gihe mu Minembwe hatangiye guhwihwisa ko intambara koyaba igiye kubura nimugihe ibice byo Mumalango birimo abaturage b’Irwanaho kuva intambara iheruka tariki 29/12/2022, yahuzaga abaturage b’irwanaho ningabo za FARDC zomuri 12ème brigade zari ziyobowe n’a Col Alexis Rugabisha.

Muyandi makuru tumaze kwakira kuri Minembwe Capital News, nuko inzego zishinzwe ubutasi mungabo za FARDC mubice bya Kivu yamajy’Epfo, baheruka kwa Mwami muri Plaine dela Ruzizi bamubaza ko M23 yaba yarageze muribyo bice Mwami arabahakanira.

Ingabo za Fardc muriyi ntara nuko zarizama ze gushinga ibibunde biremereye mubicye bya Plaine ahitwa Ngomo ahari kiraro gishasha giheruka kubakwa, ibindi bibunda byarazwaga Kamanyola ndetse na Nyangezi . Izimbunda zari zashinzwe muribyo bice murwego rwokuzibira amayira M23 bakega kobashora kuyacamo.

Tags: ImulengeKivu Y'epfoM23Rdc
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Inside Democratic Republic of Congo Airways and it's complete guidelines.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?