Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Justin Bitakwira, yongeye kugaragaza urwango yibitsemo, nyuma yuko yaramaze igihe acecetse kubera ibihano yafatiwe n’ibihugu byu Buraya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 3, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amagambo ya Justin Bitakwira Bihona wigezeho kuba Ministre w’amajyambere muri RDC akomeje kubiba amacakubiri kumbuga nkoranya mbaga aho yagize ati : “Uganda, u Rwanda na Kenya ni inyoni zo mu bwoko bumwe.”

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 03/07/2023, saa 3:05pm, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Umunya Politiki Justin Bitakwira, uziwiho kubiba urwango mumoko aturiye Kivu yamajy’Epfo, akabazwiho kandi kuba um’ujanama mukuru wa Mai Mai iyobowe na YaKutumba William amagambo aheruka gutangaza agaragaza agashomborotso ndetse n’urwango yanga Abatutsi.

Aho aheruka gutangaza ko Intambara ibera muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, idashobora kumarwa n’ingabo za EAC.

Yagize ati : “Uganda, u Rwanda na Kenya ni inyoni zo mu bwoko bumwe,” yavuze anenga ingabo za karere ka EAC zoherejwe mubutumwa bwo kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.

Bitakwira ukomoka muntara ya Kivu yamajy’Epfo, agaragaza ko Uganda na Kenya, bidashobora gushakira amahoro arambye uburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, ngo kuberako ibi bihugu byombi arinshuti n’igihugu c’u Rwanda.

Amagambo ya Justin Bitakwira, namagambo akaze agaragaza agashomborotso ndetse n’urwango yaba yibitseho aho yavugaga ko ibyo bihugu ari inyoni zo mu bwoko bumwe kandi ko nta na kimwe gishobora guhemukira ikindi.

Ati: “Perezida wa Uganda Museveni yavukiye mu Rwanda. Afite aho ahurira n’iki gihugu c’u Rwanda, utekereza ko ashobora kurwanya abasirikare b’u Rwanda bateye igihugu cyacu? Ikindi Perezida wa Kenya uriho ubu William Ruto, ni Umututsi. Urunva ko aribintu bikaze. Bose ni inyoni zomubwoko bumwe. Mbabwije ukuri ko Uganda, Rwanda n’a Kenya bitazigera bigeza kubanyeCongo amahoro.”

Ibi yabivuze mugihe kandi harabaturage ndetse n’a bamwe mubari muri Guverinema ya Kinshasa banenga ingabo za EAC, aho bavuga ko batemera imirimo yakozwe n’izo ngabo kuva zoherezwa mu turere dutandukanye muburasirazuba bw’iki gihugu.

Kuri bo, ingabo za EAC zatsinzwe mu nshingano zazo kandi ko inzira imwe rukumbi yaba nziza ko buri wese yasubira mu gihugu akomokamo maze akava mu kurengera ubusugire bw’ubutaka bw’igihugu mu ngabo za Congo.

Twabibutsa ko Bitakwira, ari mubantu baheruka gufatirwa ibihano nubumwe bw’Uburaya azira ko akunze gukoresha amagambo abiba inzangano muntara ya Kivu yamajy’Epfo, kuri none akaba yatandukiriye akarere kose ka EAC.

Tags: BitakwiraKivu yamajy'EpfoUrwango
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ubutinganyi hatabaye ab'abwamagana ngo twaja kwisanga Bibiliya Ntagatifu ifashwe nk'ibisanzwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?