Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

I Kalehe, abana bagera kuri 200 bongeye guhura n’ababyeyi babo nyuma yuko batandukanijwe n’ibiza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 10, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kalehe, homuri Kivu ya majy’Epfp, abana bagera kuri 200 bari baraburanye n’imiryango yabo bongeye guhura.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 10/07/2023, saa 5:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Umuhuzabikorwa w’ubutabazi muri Republika ya Demokarasi ya Congo, Bruno Lemarquis, niwe wagize uruhare kugira ngwabana bagera kuri 200 bari baraburanye n’imiryango yabo igihe ibiza biteye muraka gace mumezi yu mumwaka washize. Abana bahuye nababyeyi babo nabo mugace ka Bushusha na Nyamukubi.

Bwana Bruno, yagaragaye arimo kw’iphotoza hamwe n’abana barokotse ibiza i Kalehe, mu majyepfo ya kivu.

Umuryango utegamiye kuri Leta Christian Action for Aid and Development (ACAD) wavuze ko ku wa gatandatu tariki 08/07, ko wahuje abana bagera kuri 193, ibahuza n’imiryango yabo muri Kalehe.

Umwe mubayobozi biryoshirahamwe bwana Bienvenue Tabinge, yagejeje iyi mibare mubiro by’umuhuzabikorwa w’ubutabazi muri RDC abarokotse imvura yaguye mukwezi kwa Gatanu, umwaka ushize.

Ati: “Turatanga inkunga mu b’ijyanye noguhuza abana n’imiryango yabo kandi turagerageza uko dushoboye kose kurubu tumaze guhuza abagera kuri 193 bamaze guhura n’imiryango yabo. Abandi nabo ntibarabona imiryango yabo. Tuzabagumana kugeza igihe tuzabonera imiryango yabo.”

Irishirahamwe, ryateguye ahantu heza hagenewe kuba abana nyuma yuko ibiza byari bimaze gutera. Babikora batewe inkunga na UNICEF.

Ati: “Hariho abana bo mu baturage baza gukina hano, kuko nta vangura riba hano. Muri rusange, kuri ubu dushobora kubara imfubyi 1001 n’abatishoboye bagera 102, bose baza tukabakira.”

Icyakora, abana babarirwa mu magana ntibongeye guhura n’imiryango yabo mu midugudu yombi yibasiwe n’ibiza, ahanini bitegwa nuko hapfuye abantu benshi.

Umuhuzabikorwa w’ubutabazi muri Republika ya Demokarasi ya Congo, Bruno Lemarquis yashishikarije inkunga yahawe abo bana bahuye n’iki cyago cyahitanye abagera ku 500 n’ibihumbi baburiwe irengero i Kalehe.

Tags: abana 200bongeyeguhuraKalehen'imiryango yabo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za RDC, zomuri brigade ya 12ème zirukanye abaturage bari baheruka guhunguka Muchohagati chaza Rwerera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?