Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Nyuma yurupfu rw’uwahoze ari Minisitiri w’ubwikorezi bwana Chérubin Okende, i Kinshasa habaye ubwoba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 13, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Depite Cherubin Okende basanze yapfuye n’imugihe yaraheruka kuburigwa irengero mumurwa mukuru w’igihugu ca RDC.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe n’a: Bruce Bahanda, kw’itariki 13/07/2023, saa 1:07Pm, kumasaha ya Bukavu n’a Minembwe.

Kuri uyu wa kane, tariki ya 13/07, i Kinshasa, umudepite Cherubin akaba yarahoze ari Minisitiri w’ubwikorezi kurubu yari umunya Politiki utavuga rumwe nubutegetsi bwa Kinshasa, basanze yapfuye ateraguye ibyuma namasasu.

Umurambo we bawusanze muri Jeep ye kuri Avenue Poids Lourds. Uyu Mugabo yari yashimuswe kugicamunsi cyo kuwa Kibiri, ashimutwa n’abantu b’itwaje imbunda kandi kuva icyo gihe umuryango we wabuze amakuru kubyabaye!!.

Ishyaka rye(Ensemble pour la République), bakoresheje Urubuga rwabo rwa Twitter, banditse bamagana icogikorwa kibi.

Ati: “Twamaganye twivuye Inyuma icyo gikorwa cyogushimuta abantu barangiza bakicwa. Nigikorwa kibi turacyamaganye twese.”

Nk’uko aya makuru abitangaza, ku wa gatatu nyuma ya saa sita, Bwana Okende yagiye mu rukiko rw’Itegeko Nshinga gutanga ibaruwa isaba ko y’imurirwa ku wa gatanu ku kubonana n’umucamanza Sylvain Lumu wari wamuhamagaye mbere kuri uyu wa kane “kwiga no kwandika raporo ku nyandiko. imenyekanisha rijyanye n’umurage wawe nyuma yo kuva muri guverinoma.”

Umurambo w’uwahoze ari Minisitiri w’ubwikorezi, basanze warashweho amasasu kandi wuzuyeho amaraso. Wakuwe mu modoka ye abapolisi bari hafi aho hamwe nabaganga imbere hari Ingabo ninshi za FARDC hanyuma Umurambo ujanwa muri morgue.

Okende yari umuyobozi mukuru akaba n’umuvugizi w’ishyaka rya Moise Katumbi. Yaraheruka gutangaza ko ari umukandida kumwanya wa perezida mumatora yubutaha mukwezi kwa 12.

Ibi byongeye gutuma mumujyi wa Kinshasa, umurwa mukuru wa Republika ya Democrasi ya Congo, higanza ubwoba numwijima . Ibi byabaye mumujyi ndetse nomunkengero zumujyi wa Kinshasa, bibaye mugihe amatora yitezwe mugihe kirimbere bitageze amezi atandatu.

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi barimo Salomon Kalonda, umujyanama wihariye wa Bwana Katumbi, umwungirije Mike Mukebayi, na we umwe mu bagize ishyaka rya “Ensemble pour la République,” bakomeje kwamagana iki gikorwa cyabaye kuri mugenzi wabo wishwe muri Kinshasa.

Tags: Chérubin OkendeKinshasayapfuye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Wazalendo bafunze umuhanda wa Bwegera, mumajy'Epfo n'a majy'Aruguru menya Inkomoko yamakimbirane arimo kubera muribyo bice.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?