Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Imiryango myinshi ikomeje guhunga kubwinshi, mubice bya Masisi n’a Rutshuru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 16, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mumirwano ikomeye yabaye kumunsi w’ejo hashize yahuzaga M23 n’ihuriro ry’ingabo za FARDC muri Chefferie ya Bwito homuri Kivu y’Amajyaruguru, yatumye Imiryango myinshi ihunga ibyo bice.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe n’a : Bruce Bahanda, kw’itariki 16/07/2023, saa 6:25pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Mugace ka Nyesisi na Ngugo abantu benshi bahunze utu turere bagana muri teritware ya Rutshuru. Aba Baturage barimo bahunga imirwano ya M23 n’ihuriro ry’imitwe ishigikiwe n’a Guverinema ya Kinshasa. Bikavugwa ko bahungiye mugace kitwa Rugari.

Kuruyu wa Gatandatu, 15/07, habaye imirwano ikaze, yari imirwano yahuzaga inyeshyamba za M23 n’imitwe yitwara gisirikare ishigikiwe n’a Guverinema ya Kinshasa. Iyi mitwe igizwe n’a FDLR, CMC, Nyatura ndetse n’a Wazalendo.

Chefferie ya Bwito, ibarizwa butaka bwa teritware ya Rutshuru muntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo.

Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko kuruyu wa Gatandatu ahagana mumasaha yakare harimo kumvikana imbunda z’iremereye zirimo ibunda byamizinga ndetse n’imbunda zoroheje n’imbunda zatangiye kunvikana ahagana mumasaha y’igitondo cakare mumasaha ya Satatu nigice(9h30).

Nimirwano yarimo ibera mubice byinshi harimo numusozi wa Kojo homuri Groupement ya Tongo na Kahembe muri Groupement ya Bukombo.

Iz’intambara zadutse muriyiminsi mike ishize zatumye iz’inyeshyamba zo mumutwe wa M23 zigarurira ibice byinshi harimo Bambu n’a Bukombo homuri Rutshuru.

Mumakuru Minembwe Capital News, ifite nuko kuruhande rwa Nyatura, FDLR n’a Wazalendo batakaja abantu benshi muriyi mirwano ndetse abandi benshi barakomereka aho hagaragaye n’ibimodoka byinshi bya FARDC biza gutora inkomeri bazijana Goma n’a Sake .

Ikindi nuko muriyi mirwano abaturage bongeye guhunga muburyo budasanzwe aho bamwe bagiye bahungira mubice bya teritware ya Masisi abandi muri Rutshuru.

Amakuru atubwirako abenshi bagiye bagana muri Groupement ya Tongo-Centre na Bambo, homuri teritware ya Rutshuru abandi berekeza Mwesso, homuri teritware ya Masisi.

Tags: guhungaIhuriro ryimitwe ishigikiwe n'a Guverinema ya KinshasaImiryangoM23MasisimyinshiRutshuru
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Hagaragaye imirambo 11 mugace ka Rubona ni mu mirwano yahuzaga M23 n'ihuriro ry'imitwe ishigikiwe n'a Guverinema ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?