Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Félix Antoine Tshisekedi kumunsi w’ejo hashize yayoboye inama itegura imikino izabera i Kinshasa tariki 28/07/2023.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 18, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuruyu wa Mbere Perezida Félix Antoine Tchisekedi, yayoboye inama ya XIe, y’igaga Kumutekano w’imikino iteganywa gutangira mu Cyumweru gikurikira igitaha ikazabera i Kinshasa.

You might also like

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

Yanditswe n’a Bruce Bahanda, Kw’itariki 18/07/2023, Saa 6:17pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Ni kuruyu wa Mbere tariki 17/07, i Kinshasa, kumurwa mukuru w’igihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo habaye inama Igamije gutegura imikino Iza gutangira uyumunsi yabagize ib’ihugu bivuga ururimi rw’igifaransa(Jeux de la Francophonie).

Iyi nama yariyobowe n’a Perezida Félix Antoine Tchisekedi wa Republika ya Democrasi ya Congo. Muriyo nama habaye kwiga kumutekano wizo nkino . Nkuko tubikesha Radio Okapi, muriyo nama Perezida Félix Antoine Tchisekedi yatanze amabwiriza ajanye nogukumira ibishobora kuba imbogamizi kugira ngwimikino ntikinwe neza maze Perezida Félix Antoine Tchisekedi asaba abashinzwe umutekano kuzakora ibishoboka byose maze umutekano ukazaba ntangere.

Ati: “Turasaba abashinzwe Umutekano kuzakumira ibishobora kubangamira umutekano w’inkino nohafi yaho inkino zizabera.”

Muriyo nama bakaba haremejwe ko hagomba kubaho uburinzi buzaba burimo ingabo z’igihugu (FARDC), n’a Polisi. Aba Polisi bo bakazaba bari mumihanda yose igize umurwa mukuru wa Kinshasa nkuko byemejwe muriyo nama yoyobowe n’a Perezida Félix Antoine Tchisekedi.

N’imikino izatangira tariki makumbyari numunani (28/07/2023), ikazarangira tariki 06/08/2023.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails

Iby’indwara yadutse muri RDC ikaba imaze guhitana abatari bake.

by Bruce Bahanda
February 26, 2025
0
Iby’indwara yadutse muri RDC ikaba imaze guhitana abatari bake.

Iby'indwara yadutse muri RDC ikaba imaze guhitana abatari bake. Ni indwara itaramemyekana aho imaze guhitana abarenga 50, mu majyaguru y'uburengerazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Umuryango w'Abibumbye...

Read moreDetails
Next Post

Mukibaya cya Mughalika hafatiwe Abarwanyi bomumutwe wa ADF bafatwa n'ingabo za Uganda zifatanije n'iza Republika ya Democrasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?