Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

I Goma, Wazalendo bakomeje kwica abaturage babaziza Abatutsi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 26, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo barashinjwa kuba inyuma y’ubwicanyi bukomeje gukorerwa abaturage bo muri Goma.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 26/07/2023, saa 7:05pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

I Goma, umuntu umwe yaraye yishwe arashwe abandi batatu barakomereka bikabije. Ibi n’ibyabereye muri Quartier ya Pacifique homuri Kyeshero muntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Ubu bwicanyi bukaba bwarabaye mumasaha y’ijoro n’imugihe abarinyuma yubu bwicanyi baje b’itwaje imbunda bikavugwa ko ari abo mwitsinda rya Wazalendo bakorana byahafi n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo.

Moïse Akili président w’urubyiruko muri Quartier ya Pacifique, yemeje ayamakuru maze avuga ko abo bantu bicanye bari barindwi kandi ko bari bambaye n’imyenda yagisirikare.

Ati: “Abo bicanyi baje arabantu barindwi baje bambaye imyenda yi gisirikare cya FARDC n’iyi gi polisi.”

Ibi kandi byemezwa nabaturage bomuribyo bice aho batangiye kugumukira ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo bazishinja guhungabanya umutekano.

Bati: “Ntagushidikanya abo bantu ni Wazalendo (APCLC), baje bashaka umusore witwa David bamushinja kuba ashira ahagaragara ibyo bari gukorera Abatutsi batuye muri teritware ya Masisi.”

Umuyobozi wa Quartier Kyeshero, ubwe nawe ahamya ko umuntu umwe yaraye yishwe arashwe nabantu baje bitwaje imbunda bambaye n’imyenda yagisirikare nabandi barakomereka batatu(3).

Ati: “Nibyo umuntu umwe yaraye yishwe, abandi batatu barakomereka. Bakomeretse mugihe habaye gusubizanya kwimbunda hagati yabo bikekwa kwari Wazalendo na Polisi irinda umutekano.”

Aba bayobozi bomuri utwo duce ubwo baganiraga ni’tangaza makuru murico gihugu basabye leta ya Kinshasa, kubarindira umutekano nogufata inkozi zikibi zigashikirizwa ubutabera.

Umuyobozi kandi yabwiye itangaza makuru ko murizi nkozi zibibi umwe wabo yafashwe yemeza ko ari Wazalendo bakomeje guhohotera nokwica abantu ba Goma babaziza kuba bashigikira abo mubwoko bwa Batutsi.

Abakomeretse bakaba barajanwe kwivuriro ririhafi aho. Ibi bibaye mugihe hari hatarashira iby’umweru bibiri undi muntu yishwe arashwe nabo baketse ko ari Wazalendo.

Tags: Abaturagebabaziza AbatutsibaricaGomaWazalendo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Perezida Museveni na Gen Muhoozi Kainarugaba, bamaze kugera mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?