Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

I Baraka umuturage yishwe abanjye guteswa nimugihe bari ba mufashe yiba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 31, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Yishwe ateraguwe ibyuma birangira ba mutwitse, mu mujyi wa Baraka.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 31/07/2023, saa 4:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Abiswe abajura hishwe umwe abandi bakizwa n’amaguru yabo nubwo bivugwa ko habaye gukoresha ikivandimwe nimugihe abarokotse birutse basiga abarimo kubahiga.

Ni byabereye muri Quartie Mwemezi kumuhanda wa Simba homuri Baraka ahazwi nku mujyi mukuru wa teritware ya Fizi .

Ahagana isaha zine zijoro ryakeye tariki 30/07/2023, nibwo abibyi baje kurugo rwu muturage womubwoko bwa Babembe muri Baraka maze bakimara kwinjira munzu ye! nyiri kwibwa aratabaza murako kanya abatabaye bafata umwe abandi bakizwa n’amaguru. Uwafashwe bivugwa ko yishwe abanjye guteswa nimugihe bivugwa ko babanjye ku muhambiraho imifuka ba mumenaho Esanse barangije baramutwika.

Uwatanze ubuhamya yavuze ko uwishwe yabanjye guteswa cane.

Ati: “Yishwe urupfu rubi. Birababaje kwicwa nabavandimwe bawe kuko uwishwe yari umubembe nabamwishe na ba Bembe. Ba mutwitse ba banjye ku mugirira nabi nyuma baza kumutwika bamumenyeho Esanse.”

I Baraka, impfu zabantu zikomeje kuba ninshi bamwe bicwa aruko bibye abandi bakicwa barashwe nabantu baba bitwaje imbunda, aha muri Quartie Mwemezi haheruka kwicigwa umukecuru wimyaka irihejuru ya 60 ba mwica ba muziza ko aroga nkuko ba byivugiraga. Gusa ibi ubutegetsi bwa leta murako gace ba birebesha amaso ba kabyihorera.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Muri Sange homuri Kivu yamajy'Epfo, hunvikanye urwamo rwa masasu menshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?