
Mukiganiro umuyobozi wa Soseyete sivile mu Ntara ya Ituri yakoranye na radio okapi kubijanye nubuyobozi bwa Etat de Siège muriyi Ntara ya Ituri, bwana DieudonnéLosa akaba yemeza ko ubwo buyobozi bwagisirikare ko arintaco bwahinduye kubijanye nakazi ko kugarura amahoro.
Uyu muyobozi wa Soseyete sivile akavugako mugihe baheruka kwa kirwaga mubiro bya ministre wu mutekano hagati mugihugu icyo kibazo bamaki mugejejeho ariko ntiyabikurikirana.
Yakomeje ashimangira ko ubu buyobozi bwagisirikare bwo muri Etat de Siège kuva bwashirwaho mu mwaka wa 2021 arinta kintu cyigeze gihinduka kumutekano ndetse ko nta n’umutwe w’itwara gisirikare numwe wigeze urandurwa cangwa ngukurwe mubirindiro byabo.
Yongeyemo ko muribi bice byo muri Ituri hashize ibyumweru bibiri haragahenge kamahoro ariko numbundi akavugako ayomahoro batayakesha ingabo z’igihugu ahubwo ko ayomahoro yavuye mubushake bw’imitwe y’itwara gisirikare ndetse na Soseyete sivile.
Nubundi uyu muyobozi akaba akomeza guhamagarira l’Etat ya Kinshasa kuba yakw’injirira murako gahenge kugira ngo babone uburyo bashiraho uburyo bwogusubiza abarwanyi mubuzima busanzwe.
Maze y’ibutsa ubutegetsi bwa Kinshasa ko aba barwanyi niba basubiye gukora andi makosa bizaba bivuye kuntege nke z’ubutegetsi bw’igihugu ariko ko aba barwanyi bo bafite ubushake bwokuva mu mashamba.
Yarangije asaba Kinshasa guha agaciro aka gahenge kamahoro nkamahoro arambye kuko abarwanyi bagifite intwaro zabo ndetse bagifite naho bagenzura’ l’etat igomba gushira imbaraga murigahunda ya PDDRCS bitaribyo byasubira irudubi.
By Bruce Bahanda, tariki 04/08/2023, saa 3:50pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.