
Muhimpundu Heritier, ni Kandida Depite ku rwego rw’Intara muri Kivu yamajy’Epfo, mugace ka Ville ya Bukavu.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 05/08/2023, saa 8:00Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Muhimpundu Heritier, uvuka mu misozi miremire y’Imulenge (High Land Of Mulenge) kandidatire ye kumwanya w’ubudepite yamaze kugera muri komisiyo ishinzwe amatora muri Republika ya Democrasi ya Congo ya (CENI).
Bwana Muhimpundu Heritier, akaba ari kandida depite kurwego rw’Intara ya Kivu yamajy’Epfo (Dépité provincial) muri Ville ya Bukavu ahazwi nku murwa mukuru w’Intara ya Kivu yamajy’Epfo. Aje ava mwishyaka riri kubutegetsi UDPS.
Uyu Musore avuka mugace ka Gitavi ho muri Komine Minembwe muri teritware ya Fizi.
Abaturiye Bukavu ndetse n’ahandi murasabwa gushigikira umwana wanyu Muhimpundu. Ibyiza birimbere ku ka zoza kabana banyu.
Kandidatire zimaze kwemerwa na komisiyo ishinzwe amatora muri Republika ya Democrasi ya Congo (CENI) kubavuka mu misozi miremire y’Imulenge ikaba arimwe iya bwana Olivier Rumenge Rugeyo. Uyu akaba ari kandida depite kurwego rw’igihugu(Candidat Depite national).