Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umukuru w’igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, mugosoza imikino ya Francophonie yavuze ko ibi ari amateka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 7, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi, asoza imikino yavuze ko imikino ya Francophonie isize amateka kw’Isi no mubanye-Kongo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 07/08/2023, saa 6:20Am, kumuhasa ya Bukavu na Minembwe.

Imikino ya Francophonie, yarimo ibera i Kinshasa kumurwa mukuru wa Republika ya Democrasi ya Congo, yashojwe kumunsi w’ejo hashize tariki 06/08/2023. N’imikino yari yitabiriwe n’ibihugu byose bikoresha ururimi rwigi-Faransa harimo n’ibyo mukarere k’uburasirazuba ( EAC).

Ubwo basoza ga iyi mikino, umukuru w’igihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi, yafashe ijambo ashimira ababashe kwitabira, arangije ababwira ko ibi ari amateka kw’Isi.

Ati: “Iyi mikino kunshuro ya 9ya Francophonie, izakomeza kw’ibukwa n’abaturage ba Congo Kinshasa kandi izandikwa mu mateka nka mateka yabayeho agira uruhare runini mugukomeza umuco mu muryango wa Francophonie. Ibi nuguteza imbere umuco nogushigikira abahanzi bo muruyu muryango.”

Perezida Wa RDC yakomeje, ashimira abantu ati: “Ndashimira abakinyi nabahanzi bitabiriye iyi mikino, maze ahamagarira abanye-kongo gukomeza ibyo bigiye muriyo mikino anatangariza abanegihugu ko iyo mikino irangiye. Asaba ko iyo mikino yazongera kugaruka mugihugu abereye umukuru w’igihugu.”

Mu masaha make mbere yuko iyi mikino itangira yo gusoza kunshuro ya 9 abantu bari bakubise buzuye muri Stade yitiriwe abahowe Imana(Stade de Martyrs), maze Polisi nayo y’igihugu izengeruka imihanda yose igana kuriki kibuga kugira bacungere umutekano neza. Byari akanyamuneza gakomeye nkuko byatangajwe n’ikinyamakuru cya Actualite CD.

Tubibutsa ko iyo mikino yatangiye tariki 28/07/2023, ikaba yarashojwe kuruyu wa Mungu(Ku Cyumweru), ejo hashize.

Tags: AmatekaFélix TshisekediFrancophonie
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Uganda restores railway from the colonial era“ Britain "as China fails to find the second line.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?