Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuyobozi womu mutwe wa Mobondo yatawe muri yombi naho umusako wahinduriwe amasaha mu Ntara ya Kwango.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 8, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mubuyobozi bo mu mutwe wa Mobondo yatawe muri yombi naho umusako mu Ntara ya Kwango wahinduriwe igihe.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 08/08/2023, saa 5:40Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Mu Ntara ya Kwango nkuko byari bisanzwe b’ikorwa Umusako wahoraga ukorwa guhera Saha mbili zijoro( 20h) kugeza Saha kuminimwe z’igitondo (5h). Ibi ubuyobozi bw’Intara bwabihinduyeho kuko bategetse ko uwo Musako uzaza ukorwa igihe cya Saha Ine zijoro (22h) kugeza Saha kuminimwe z’igitondo ( 5h), n’ibikorwa kubera umutekano wakomeje guhungabanywa nabo mu mutwe wa Mobondo nkuko tubikesha Radio Okapi .

Iki Kinyamakuru gikomeza kivuga ko uwo musako washizweho kubwo kugerageza kugarura umutakano muri kano karere n’imugihe umutwe wa Mobondo ushinjwa kwihisha mubaturiye aka gace kose k’Intara ya Kwango.

Amasaha yongerejwe byavuzweko ari kunyungu z’Abadamu ba bacuruzi bacururiza muri centre ya Kenge homu Ntara ya Kwango, kugira baze ba bona uburyo bashingura ibicuruzwa byabo mugihe baba barangije imirimo yabo nkuko biri mubyavuzwe na Adelare Nkisi Minisitiri wubutabera akaba n’umuvugizi wa guverinoma w’Intara ya Kwango.

Andi makuru yamaze kuja hanze nuko harumuyobozi womu mutwe w’itwaje imbunda wa Mobondo wafashwe kuriki Cyumweru yafashwe afatiwe muri teritware ya Popokabaka afatanwa n’umwambaro w’umusirikare wa guverinoma (FARDC), waruheruka kwicirwa kukiraro cya Kwango.
Uyu muyobozi womu mutwe w’itwaje imbunda wa Mobondo, yafatanwe imbunda na masasu, bikavugwako ko arabaturage ba mufashe maze abari bashinzwe ku murinda bo barahunga birukiye muma Shamba.

Ayamakuru yemezwa kandi na Minisitiri Adelare, aho avuga ko uwo muroberi yafatanwe sharijeri yamasasu y’imbunda bita Ak10 hamwe numwambaro(Impuzakano) wa Lieutenant Colonel Bienvenue, wishwe arashwe nizo Nyeshamba.

Iyi Ntara ya kwango igize igihe irimo ibibazo by’umutekano gusa mumezi ane(4) ashize byafashe indi ntera nimugihe abantu benshi bashwe abandi barenga 20.000 barahunga bikavugwako bahungiye Kenge.

Tags: KwangoMobondoUmusakoUmuyobozi yatawe muri yombi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Uhuru Kenyatta ari mu ruzinduko muri Uganda arashaka igisubizo ahabwa na Gen Muhoozi Kainarugaba kumutekano w'uburasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?