Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umunyamerika kazi kumyaka 22 gusa y’amavuko y’itangiye benshi arapfa arashwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 15, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwari umukozi wo mundege Neerja Bhanot, yitangiye abagenzi apfa arashwe .

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 15/08/2023, saa 6:00Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Umukozi wa sosiyete y’indege ya Pan American World Airways yateye benshi umubabaro nyuma y’aho yitangiye abagenzi kugeza ubwo araswa akicwa bitewe n’uko yanze kugaragaza impapuro z’inzira z’Abanyamerika.

Uyu mukobwa yahise yitwa intawarikazi nimugihe yarokoye akanitangira Abanyamerika babarirwa mu magana barimo n’abana batatu yarwanyeho kugeza arashwe, yitwa Neerja Bhanot.

Nyuma yaje kugenerwa igihembo cy’ikirenga cy’abaharaniye amahoro bakanagira umwete wo kwitangira abandi mu Buhinde, kizwi nka Ashok Chakra.

Neerja yari amaze umwaka umwe akorera iyo sosiyete kuko ubusanzwe yakoraga ibijyanye n’imideli ndetse ngo kuri uyu munsi byashobokaga ko yarokora amagara ye ariko ahitamo kwitangira abandi ubwo yitambikaga amasasu yari arashwe ku bana batatu.

Gahunda y’ibi byihebe kwari ugushimuta indege ya Boeing 747 yari itwaye abo bagenzi, ikajyanwa muri Chypres cyangwa muri Israel ahari abandi bo mutwe umwe n’uw’ibyo byihebe, icyakora uyu mugambi ntiwabasha gukunda kuko abapilote bari babashije gutoroka baciye iy’ubusamo.

Nyuma y’amasaha ane ni bwo izi ndwanyi z’umutwe wa Abu Nidal Organisation (ANO) zatangiye gushaka uko zagenda zivangura Abanyamerika mu bandi bagenzi bitewe n’uko zitari zishyigikiye politiki ya Amerika na Israel.

Icyo gihe abakozi bo mu ndege batangiye kugenda begeranya za Passports z’abagenzi ariko bakagerageza guhisha iz’Abanyamerika kuko bari bazi ibigiye kubabaho ku buryo bamwe mu bagenzi barokotse uwo munsi barimo uwitwa Mike Thexton wavuze ko igikorwa aba bakozi bo mu ndege bakoze cyaranzwe n’ubuhanga ndetse no kutikunda ngo birebeho ubwabo.

Aba bagenzi baje gutabarwa n’umutwe w’ingabo udasanzwe muri Pakistan, ndetse ibyihebe bine bitabwa muri yombi binakatirwa igihano cyo kwicwa nubwo nyuma cyaje kuvunjwamo icya burundu
Yagenewe igihembo cy’ikirenga cy’abaharaniye amahoro bakanagira umwete wo kwitangira abandi mu Buhinde, kizwi nka Ashok Chakra.

Inkuru ya The Mirror igaragaza ko iki gikorwa cy’ubutwari Neerja yakigaragaje akiri muto ku myaka 22, afatanyije na bagenzi be na bo bari mu kigero cy’imyaka 20, ubwo ku wa 5 /09/1986, indege Pan Am Flight 73 yakoragamo yashimutwaga n’ibyihebe nyuma yo kugwa umwanya muto ahitwa Karachi muri Pakistan mu rugendo rwavaga i Mumbai mu Buhinde rwerekeza i New York muri Leta Zunze ubumwe za Amerika.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Perezida Félix Tshisekedi, arahamagarira Inyeshamba z'ibarizwa kubutaka bwa RDC kurambika imbunda hasi bagashaka amahoro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?