
Kuru yu wa Gatatu, nibwo nyakubahwa Felix Tchisekedi yerekeje i Luanda aho yitabiriye i nama y’ishirahamwe y’ibihugu byo mu m’Ajyepfo ya afrika(SADEC).
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 17/08/2023, saa 5:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Perezida Félix Tshisekedi, yaraye ageze i Luanda mugihugu ca Republika ya Angola aho yitabiriye i nama y’umuryango w’ibihugu by’ubukungu, bya Afrika ya m’Ajyepfo.
Bwana Félix Tshisekedi, warusanzwe ayoboye uyu muryango biteganijwe ko aza gusoza Manda yokuyobora uwo muryango maze atsimburwe na Perezida wa Angola, João Lourenço muricyo gikorwacoguhererekanya ubuyobozi akaba arinabwo umukuru w’igihugu ca RDC Felix Tchisekedi aza kugezaho abitabiriye iyo nama ibyo yabashije kugeraho mugihe yarayoboye uyu muryango.
Igihugu ca Republica ya Democrasi ya congo ki kaba cyiteze ibyiza kuri rino shirahamwe ry’ibihugu bya afrika yamajy’Epfo cane mukugarura amahoro Muburasirazuba bw’iki gihugu ca Congo Kinshasa, nkuko byemeranijwe mu nama yabereye i Windehoek muri Namibia kw’itariki 08 mukwezi kwa Gatanu uyu mwaka.
Perezida Félix Tshisekedi, akaba yemezako izongabo zi za za gufasha iza Congo (FARDC), bivuye mu masezerano y’ibyo b’ihugu bigize uyu muryango, ibi kandi bikaba biri no mw’itegeko nshinga ko igihugu kimwe muruyu muryango mugihe gitewe kigomba gutabarwa.
Gusa ibi kandi itegeko rikavuga ko ca gihugu cyatewe gutabarwa biva mugihe babifitemo ubushake.