
Ingabo za RDC ngozikomeje kw’iyongera imbaraga nimugihe abasaga 12000 m’urubyiruko binjizwa mungabo.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 17/08/2023, saa 8:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Uruby’iruko rwa banye-kongo baheruka kw’injizwa mu gisirikare basuwe n’umugaba w’ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo Lt General Tshiwewe.
Uru rubyiruko kuba rwarinjiye igisirikare ngo n’imbaraga za Gisirikare zikomeje kw’iyongera muriki gihugu ca RDC. Mu makuru ava mu bashinzwe umutekano muriki gihugu avugako aba barangije amafunzo yagisirikare basaga 12000. Bamwe muraba bari ahitwa Kamina, Kitona ndetse na Likasi.
Nyuma yuko aba barangije amafunzo yagisirikare bahise bashigwa mu Ngabo ziki gihugu ingabo zaco zikaba zigeze kumare wabasirikare 165000.
Ibi biri mubusabe bwa Perezida Félix Tshisekedi, ubwo intambara zabica bigacika Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, hagati ya M23 n’ingabo za FARDC , uyu Mukuru w’igihugu yasabye Abanye-Kongo kwinjira mu Ngabo ziki gihugu kugira babashe kurinda ubusugire bw’igihugu Cabo. Ikindi nuko murico gihe Félix Tshisekedi yahise asezeranya Abanye-Kongo ko agiye kuvugurura igisirikare maze ngwakazana ingabo zizabasha kurinda igihugu nokurwanya umwanzi waco.
Gusa Abanyamulenge bakunda kuvuga ko “Uburo bwinshi ntibugwiza umusururu!

Aba bahise bambara undi mwambaro mushya w’igisirikare ca RDC.