Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Haraye habaye ihererekanya bu basha mu muryango wa SADEC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 18, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Habaye ihererekanya bu basha mu muryango wa SADEC.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 18/08/2023, saa 7:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Nyuma y’ighe kingana nu mwaka ayoboye ishirashamwe ry’umuryango w’ibihugu bya afrika yamajy’Epfo (SADC) perezida Felix Tshisekedi akaba yaraye ashikirije inkoni y’ubuyobozi nyakubahwa João Lourenço, umukuru w’igihugu ca Angola .

Ni gikorwacyihererekanya bubasha cyabereye mu murwa mukuru wa Angola arinaho inama igira iya 43 y’irishirahanwe ry’ibihugu by’amaj’Epfo ya Afrika yari teraniye.

Nyakubaha Félix Tshisekedi, umukuru w’igihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, mugihe yafataga ijambo akaba yarasabishije ko mu rwego rwogukomeza ibikorwa nimigenderanire y’ibihugu byiri shirahamwe ko hotegurwa igikorwa ca Nyampinga wibi bihugu hamwe n’igikorwa cy’imikino mpuza bihugu bigize ishirahamwe rya SADC.

Ikindi nuko Perezida Félix Tshisekedi, yasabye ko abagize uyu muryango bakomeza kuba umwe nkabavukanye baze basangira akabisi nagahiye.

Tubibutsa ko irishirahamwe rya SADEC ryenda kohereza ingabo zabo murwego rwo gutabara igisirikare ca RDC mukugarura amahoro Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.

Félix Tchisekedi akaba na none yarashimiye ibihugu bigize irishirahamwe kuba byaremeye gutanga ubufasha mubya gisirikare mugufasha Congo kugarura umutkano Muburasirazuba bw’iki gihugu.

Tags: AngolaIhererekanya bu bashaMu muryango wa SADEC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Uruntu runtu mu nama yaba Chefs ba Minembwe n'ingabo za FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?