Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuryango wa SADEC, wongeye gusezeranya RDC ko ingabo zabo zigiye kugarura amahoro Muburasirazuba bw’iki gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 19, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango wa SADEC wasezeranye kugarura amahoro Muburasirazuba bwa RDC.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 19/08/2023, saa 8:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Nyuma yaho perezida Félix Tshisekedi, arangije igikorwa cyihererekanwa bu basha na mugenzi we perezida wa Angola ku buyobozi bw’ishirahamwe ry’ibihugu by’amaj’Epfo ya Afrika (SADC ).

Uyu muryango wa SADEC, ubwo bari muriyo nama igira iya 43, bahise ba sezeranya RDC ko ingabo zuyu muryango zigiye gukurikirana iby’umutekano w’uburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.

Perezida Félix Tshisekedi, nawe ubwe yafashe umwanya ashimira uyu muryango ku bufatanye bakomeje kugaragaza mugufashanya kw’ibihugu bigize ir’ishirahamwe cyane ashima kucyemezo yavuze ko gishimishije cyokohereza ingabo z’ibihugu bigize uyu muryango (SAMIRDC), kugira ngo zize gutanga imbaraga mu kurwanya no kurandura umutwe wa M23. Perezida Félix Tshisekedi Kandi yongeyeho ko umutwe wa M23 wongeye kubaho kubera Guverinoma ya Kigali.

Ati: “Ndashira SADEC kuba ikorera hamwe Kandi ko uyu muryango wemeye gutanga ingabo zokurandura umutwe wa M23 wabayeho kubera ibihugu by’ibituranyi. Uyu mutwe, uhungabanya ibintu byinshi birimo guhonyanga agateka kazina muntu ndetse no kwangiriza ibijanye n’amategeko Mpuzamahanga.”

Iyinama yaberaga i Luanda, bananzuye ko ibyigiwemo bigomba ku bahirizwa no guhabwa agaciro ndetse bategeka ko iby’igiwe mu nama y’ubushize yabereye nayo i Luanda, ni Nama yahuje imiryango ine ariyo: “CEEAC, EAC ,CIRGL,SADC, na Afrika y’unze Ubumwe,” ko iby’igiwe mo hafatwa ingamba bigashirwa mungiro.

Nimugihe hari hizwe ko “hagomba kuba gukurikirana hafi iby’umutekano w’uburasirazuba bwa RDC.”

Mw’itangazo ryashizwe ahagaragara risozera iyo nama ryavugaga ko ingabo za SADC zigomba kuja Muburasirazuba bwa Congo Kinshasa.

SADEC Kandi ishira imbere inzira y’ibiganiro mu kurangiza ikibazo c’Intambara zibera Muburasirazuba bwa RDC, aho na perezida wa Afrika y’Epfo nyakubahwa CYRIL RAMAPHOSA, yagiye abigarukaho ubwo yagirana ga ikiganiro na mugenziwe wa Congo mukwezi kwa karindwi(7), uyu mwaka.

Muriyi nama igira iya 43 ya SADEC ya garutse no ku kibazo cya matora ateganijwe kuba mu bihugu bigize irishirahamwe harimo na RDC.

Bakaba barasabye ko ayo matora yakorwa hisunzwe “Democrasi iri mu muco.”

Ibihugu biteganijwe kubamo amatora hari:

“RDC, amatora azaba mu kwezi kwa 12, Zimbabwe, amatora azaba mu kwezi kwa munani(8), mugihe Madagascar yo izakora amatora mukwezi kwa Cyuminumwe(11) uyu mwaka.”

Tags: Kugarura amahoro Muburasirazuba bw'iki gihuguSadecYasezeranije RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

FPIC militia group promises the government to stop assaulting the citizens in Ituri province.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?