
Umunyamulengekazi yibarutse umwana abanjye kubagwa ibi bikaba byabereye ku bitaro bya Gatobwe.
Nkuko ayamakuru twayahawe nuko ibi bitari bisanzwe ni mugihe Abanyamulenge kugera mubice bya Gatobwe bitaboroheraga nabuke mu minsi mike ishize n’ibwo habaye kugendererana hagati ya bantu ba Gahororo na Gatobwe.
Urwango rwari hagati y’abantu ba Gahororo na Gatobwe n’intambara zurudaca zabaye muribi bice aho Imitwe ya ba Mai Mai bafatanije na Red Tabara ikomoka mugihugu c’u Burundi basenyeye Abanyamulenge bi Gahororo imihana yabo irasenywa ndetse n’inka zabo ziranyagwa izindi ziricwa nabantu benshi barapfa abandi bahunga igihugu ibi byaviriyemo ko inzira zahuzaga Gatobwe na Gahororo zisibama!
Mu makuru Minembwe Capital News, yahawe nuko kuruyu wa Mbere umudamu w’umunyamulenge Nyamugisha Jolie, warusanzwe atuye Gahororo y’ibarutse umwana w’umukobwa abanjye kubagwa mbere yuko yajanwe mu Bitaro bya Gatobwe bamuha ubufasha.
Abanyamulenge bakaba bashimiye ibyo Bitaro bya Gatobwe ndetse na babituriye.
Ibi bice bya Gatobwe na Gahororo, biri muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo.
By Bruce Bahanda.
Tariki 28.08.2023.