Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Gen Brice Oligui Nguema, niwe ugiye kuyobora igihugu ca Gabon, mugihe cy’inzibacyuho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 31, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abafashe ubutegetsi muri Gabon kumunsi w’ejo hashize tariki 30.08.2023, batangaje General Brice Oligui Nguema nk’umukuru w’inzibacyuho w’iki gihugu cyo muri Afrika yo hagati.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Aba basirikare bagaragaye berekana Gen Nguema aho bari bamurengeje hejuru bakoresheje amaboko mu buryo bw’intsinzi, maze bamutembereza mu mihanda yo mu murwa mukuru Libreville.

Aba basirikare bakimara gufata ubutegetsi bavuze ko bahinduye impfabusa ibyavuye mu matora yo ku wa gatandatu, aho Bongo yatangajwe ko yayatsinze, ariko abatavuga rumwe n’ubutegetsi bavuga ko yabayemo uburiganya.

Ubwo nyine ninabwo abo basirikare banatangaje ko bataye muri yombi umwe mu bahungu ba Bongo bamushinja ubugambanyi.

Nyuma y’amasaha, aba basirikare bamaze gufata ubutegetsi bakoze iNama yihuse baganira kuza kuba ayoboye inzibacuho bemeranya nta n’umwe uvuyemo kugena Gen Nguema, wahoze akuriye abasirikare barindaga perezida.

Gusa imbaraga za Mahanga zamaganye abahiritse ubutegetsi muriki gihugu, abarimo umuryango wa bibumbye, umuryango w’Ubumwe bw’Afrika n’Ubufaransa, bwari bufitanye umubano wa hafi n’umuryango wa Bongo.

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika yashishikarije igisirikare cya Gabon “Gushaka ikizana umutekano nokudahohotera ubutegetsi bwa gisivile,” inashishikariza “Ababigizemo uruhare kurekura no gutuma habaho umutekano w’abagize guverinoma.”

Ubwongereza bwo bamaganye igisirikare ca Gabon bavuga ko “Gufata ubutegetsi kungufu kunyuranyije n’itegekonshinga.”

Ibi bibaye mugihe Gabon yari yinjiye mu muryango wa Commonwealth ahagana mukwezi kwa Gatandatu (6) umwaka wa 2022.

Hari hamaze igihe hari uburakari bututumba bufitiwe umuryango wa Bongo watagetse Gabon imyaka 55 ndetse mu baturage hashize igihe hari uburakari no ku bindi bibazo nk’ikiguzi cy’imibereho.

Menya ibigwi b’yigihugu ca Gabon:
Igihugu ca Gabon, ni igihugu gikungahaye ku bitoro n’amabuye y’agaciro kiri ku nkombe y’iburengerazuba y’Afrika yo hagati, gifite abaturage miliyoni 2.4.

Ali Bongo we wahiritswe kubutegetsi nimuntu ki?

Yatangajwe n’akanama k’amatora ko ari we watsinze amatora yo ku wa gatandatu yateje impaka, ndetse yari Perezida wa Gabon kuva mu mwaka wa 2009. Mbere yaho, se, Omar Bongo, yari ku butegetsi mu gihe cy’imyaka 41.

Uyu Gen Brice Oligui Nguema, n’umugabo w’imyaka 48, yahoze ari soma mbike wa Omar Bongo, se wa perezida wahiritswe.

By Bruce Bahanda.

Tariki 31.08.2023.

Tags: General Brice Oligui NgurmeNiwe ugiye kuyobora Gabon
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Gen Kale Kayihura warumaze igihe afunzwe muri Uganda Urukiko rwa Gisirikare rwahanaguyeho ibya byose yashinjwaga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?