Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za FARDC zo mwitsinda ry’ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu zagose inzu yo kwa Joseph Kabira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 4, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urugo rw’uwahoze ari perezida wa Congo, Joseph Kabira, rwagoswe n’abasirikare, ku mabwiriza ya Perezida wa Republika ya Democrasi ya Congo, Félix Tshisekedi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Urugo rwagoswe n’abarinda Tshisekedi ni uruherereye muri Komine Gombe iherereye kumurwa mukuru wa RDC Kinshasa.

Mbere y’uko abasirikare n’abapolisi bo mu mutwe urinda Perezida Tshisekedi, uyu mukuru w’igihugu yari yabanjye gusaba ubuyobozi bw’abasirikare bashinzwe kumurinda gusenya za bariyeri zose zari zirurimo.

Ni icyemezo ubutegetsi bwa Congo bwafashe mu rwego rwo kunyuza umuhanda rwa gati mu rugo rwa Kabira, gusa bubanza kwitambikwa n’abashinzwe umutekano murugo rwa Joseph Kabira.

Amashusho ari gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga yerekana imashini zihinga zitabajwe zisenyagura inkuta zari zikikije ruriya rugo.

Muri aya mashusho abasenyaga inkuta bagaragara bahagarikiwe n’abasirikare bo mu mutwe urinda Perezida ndetse n’abo mu wa Military Police.

Umuvugizi wa Olive Lembe Kabira (umugore wa Kabira), Adam Shemishi, yemeje ko ruriya rugo ruherereye i Gombe “rwagoswe n’abasirikare bo mu mutwe urinda Umukuru w’Igihugu cyo kimwe na Polisi ya gisirikare (military police).”

Yunzemo ati: “Abasirikare bashyizwe mu nguni zose za GLM bagose urugo rwa Joseph Kabira.”

Leta ya Congo yafashe icyemezo cyo kunyuza umuhanda mu rugo rwa Kabira, mu gihe we na Tshisekedi wamusimbuye bamaze igihe badacana uwaka.

Mu kwezi kwa Karindwi uyu mwaka hari amakuru yagiye hanze avuga ko ubutegetsi bwa Congo bwaba buri gucura umugambi wo guta muri yombi uriya wahoze ari Perezida wa Congo.

Ni Kabira wari umaze igihe gito ashinje Tshisekedi gukorera “Coup d’État” itegekonshinga rya RDC.

By Bruce Bahanda.

Tariki 04.09.2023.

Tags: Inzu yo kwa Joseph KabiraYagoswe n'ingabo zishinzwe kurinda umukuru w'igihugu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

General uheruka guhirika ubutegetsi mugihugu ca Gabon agiye kurahira kuyobora kiriya gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?