Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Menya ibihugu i Cyumi byashizwe kurutonde bifite igisirikare kirihasi muri uyu mwaka wa 2023.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 9, 2023
in Uncategorized
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urubuga Global FirePower rwashize hanze ibihugu bifite igisirikare kirihasi kw’Isi kurusha ibindi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Urutonde rwerekana uko ibi bihugu by’Isi birutana mu kugira igisirikare gikomeye muri uyu mwaka wa 2023.

Urutonde rwa Global Firepower abarukora bagendera ku ngingo zigera kuri 50 zirimo ubutunzi mu gisirikare, umubare w’ababarizwamo n’ibikoresho bya gisirikare igihugu gifite.

Urw’uyu mwaka rwakozwe hagendewe ku bihugu 145 byo hirya no hino ku Isi.

Dukora iyi nkuru , twasanze uru Rubuga rwagaragaje ibihugu 10 bifite Igisirikare cy’intege nke kurusha ibindi ku Isi muri uyu mwaka wa 2023.

Ibihugu bya nyuma ku rutonde rw’ibifite Igisirikare cy’intege nke ku Isi birangajwe imbere na Bhutan, dore ko ubu bwami bwo mu majyepfo ya Aziya ari bwo buza ku mwanya wa 145 kuri ruriya rutonde.

Ibindi bihugu biri mu myanya y’inyuma byiganjemo byinshi bya hano ku mugabane wa Afrika nka Bénin, Liberia na Sierra Léone byose bibarizwa mu Burengerazuba bwawo.

Birimo kandi igihugu cya Somalia kimaze imyaka irenga 15 cyaribasiwe n’ibitero by’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab.

Ibihugu 10 bya mbere bifite Igisirikare cy’intege nke muri 2023

  1. Bhutan
  2. Bénin
  3. Moldova
  4. Somalie
  5. Liberia
  6. Suriname
  7. Bélize
  8. Sierra Léone
  9. Iceland
  10. Repubulika ya Centrafrique

By Bruce Bahanda.

Tariki 10/09/2023.

Tags: Bifite igisirikare kirihasiKw'isiUrutonde rw'ibihugu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Mugiterane kirimo kubera Uganda havugiwemo ubuhanuzi buvuga kuhazoza h'Imulenge.

Comments 2

  1. Jean Claude NIYONKURU says:
    2 years ago

    Bahanda tubwire n’ibindi uyu musi u Burundi ntimwabuvuze

  2. Noble Wafula says:
    2 years ago

    This design is wicked! You obviously know how to keep a reader amused. Between your wit and your videos, I was almost moved to start my own blog (well, almost…HaHa!) Great job. I really enjoyed what you had to say, and more than that, how you presented it. Too cool!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?