Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za RDC zakozanijeho n’ingabo za Sudan y’Epfo, nibyabereye mu Ntara ya Haut-Uéle muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 11, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kumunsi w’ejo hashize tariki Cyumi zukwezi kwa Cyenda, ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zakozanyijeho n’ingabo za Sudani y’Epfo zirwaniye mu Ntara ya Haut-Uele muri RDC. Aya namakuru yatangajwe n’inzego zishinzwe umutekano murico gihugu ca Congo Kinshasa.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nkuko ayamakuru akomeza avuga nuko ingabo za Sudani y’Epfo zari zikurikiranye inyeshyamba za NAFSA mu gace ka Waliwa, agace ko muri Sheferi ya Logo Bagela, Teritwari ya Faradje, ku mupaka hagati ya RDC na Sudani y’Epfo.

Umuvugizi w’ingabo za FARDC muri Uéle bwana Captain Yuma Kisher, yagize ati: “Ingabo za Congo zashoboye gusubiza inyuma ingabo za Sudani y’Epfo zisubira hakurya y’umupaka. Nta nkomere cyangwa impfu ku ruhande rwa FARDC. Ku rundi ruhande, Hapfuye benshi abandi barakomereka ku ruhande rw’inyeshyamba za NAFSA n’ingabo za leta ya Sudani y’Epfo. Bose basubijwe mu gihugu bakomokamo kandi ituze ryagarutse.”

Umuvugizi w’ingabo muri kariya gace yasobanuye ko atari ikibazo cy’imirwano hagati ya FARDC n’ingabo za Sudani y’Epfo ahubwo ko ari ugukurikirana gusa izi nyeshyamba za NASFA.

Kuva mu mwaka wa 2020, bivugwa ko ingabo za Sudani y’Epfo zagiye zikorera ibikorwa inshuro nyinshi ku butaka bwa Congo. Sosiyete sivile muri iyi Ntara isobanura ko uko gucengera kw’izi ngabo za Sudani y’Epfo guterwa no kuba Leta itagenzura umupaka uhuza DRC na Sudani y’Epfo. Igasaba ko hakongerwa ubugenzuzi bwa gisirikare ku mipaka ihuza ibi b’ihugu byombi.

By Bruce Bahanda.

Tariki 11/09/2023.

Tags: FardcHaut-UéleN'ingabo za Sudan y'EpfoRdcYakozanijeho
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Muri Komine ya Oicha ahacumbikiwe abakuwe mubyabo haravugwa ibura ryamazi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?