Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Congo Airways ngoyaba igiye kongera gusubukura ingendo zayo mugihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 14, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishirahamwe ry’indege ya Congo Airways ryatangaje ko riri gushaka uko ryakodesha indege zibiri (2) byihuse, zizayifasha kugira ngo yongere gusubukura ingendo zayo imaze iminsi zarahagaze.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ibi nibyatangajwe na Marc Ekila Likombio usanzwe ari umuyobozi wiri shirahamwe, nimugihe kumunsi w’ejo hashize tariki 13/09/2023 yahuraga na Minisitiri w’Intebe wa RDC, Jean-Michel Sama Lukonde.

Ati: “Turizera ko igisubizo kiboneka byihuse kugira ngo ishirahamwe rya Congo Airways ryongere gusubukura ingendo binyuze mu gushaka indege zibiri twakodesha byihuse, kugira ngo zidufashe gukomeza ibikorwa kandi dukomeze inzira yo kunoza umutekano wibikorwa byacu.”

Ku Cyumweru tariki ya 11 Congo Airways yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gutwara abantu n’ibintu.

Iri shirahamwe risanzwe ryegamiye kuri Leta ya Kinshasa bafashe kiriya cyemezo, mu rwego rwo kugira ngo babanze gukoresha indege imwe rukumbi yari isigaranye yagize ibibazo bya moteri.

Congo Airways isanganywe ikibazo cayo cihariye c’indege dore ko yahoze ifite izigera kuri zitatu gusa zose zagiye zipfa zikabura izo kuzisimbura.

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo iherutse gutangaza ko iri gushaka ubushobozi bwo gutera inkunga iryoshirahamwe, kugira ngo ibe sosiyete y’indege ifite icyerecyezo.

Congo Airways ku ruhande rwayo ivuga ko byibura ikeneye $ miliyoni 33 kugira ngo ibashe gusana indege zayo zangiritse.

By Bruce Bahanda.

Tariki 14/09/2023.

Tags: Congo Airways ngoyaba igiye kongera gusubukura ingendo zayo mugihugu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abo mubwoko bwa Bambololo barasabirwa ngo gusubira iyo bavuye bakava muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?