Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Gushimuta abantu muri Kivu yamajy’Epfo bikomeje gufata indi ntera.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 15, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukozi w’ibiro bya leta mwishamyi rya DGI wari waraburiwe irengero yatoraguwe kuruyu wa kabiri tariki 12/09/2023, bakaba barasanze umurambo we urikureremba hejuru y’amazi mu mugezi wa Rusizi ahitwa mu Mosho ho muri teritware ya Kabare, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Uwo mukozi yitwaga Antoine Chashingi, mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira nuko uwo murambo wahise ushingurwa hafi ku nkombe y’urwo r’uzi rwa Rusizi. Ibi bibaye mugihe umuryango w’uwapfuye bari bamaze kugeza amakuru mu Rukiko rwaho hafi, gusa iki kirego ntawe cyarimo kidomaho urutoki ariko bikavugwako urwo Rukiko rwari rutaragira icyo rukora.

Amakuru yatanzwe n’ikinyamakuru ca Laprunelle CD, avugako umuryango wa Antoine ko wari wamaze nokumenyesha ibiro bikuru nyakwigendera yakoreraga. Ayamakuru akomeza avuga ko abari bashimuse nyakwigendera barimo basaba amafaranga kugira ngo bamurekure.

Twabibutsako inzego zishinzwe umutekano muri ako gace bari bataragira ico batangaza cangwa ngo bakurikirane uwari washimuswe.

Pascal Aganze umwe mubagize Soseyete sivile ya mu Mosho yavuzeko bahangayikishijwe n’imfu zabantu bicwa kibandi kandi mugihe leta yakabarengeye nayo ikavunira ibiti mu matwi ntiyumve ibibazo by’abaturage.

Uyu Pascal wa Soseyete sivile yakomeje asaba ko leta ya Kinshasa yagira ico ikoze kugira ngo ice ako kajagari ndetse ko hafatwa n’ingamba kurwego rw’Intara izo nkozi zikibi zigafatwa.

Pascal, yanahamagariye amashirahamwe ashinzwe kurengera ikiremwa Muntu kugira ico nabo bakora bagatabariza abaturage kugira bahabwe umutekano mwiza.

Ubushimusi Muburasirazuba bwa RDC, bumaze gufata indi ntera ndetse bufatwa nk’umuco gusa muruku kwezi kwa Munani (8) bivugwa ko hamaze gushimutwa abarenga 7 bashimutiwe mu Mujyi wa Bukavu naho munkengero zuyu Mujyi barenga abantu 20 nkuko byemejwe n’ishirahamwe rya SPJACEK.

By Bruce Bahanda.

Tariki 15/09/2023.

Tags: AbantuBikomeje gufata indi nteraGushimutamuri Kivu yamajy'Epfo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Mugihugu c'u Burundi habaye kw'ikanga Coup d'etat.

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Uwo mutmryango wihangane
    Naho Gutohozako ntacyo bizatwara ibyahariya n’umutekano muke gusa

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?