
Muri teritware ya Nyiragongo, ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, havutse undi mutwe w’itwaje Imbunda wihaye izina rya UFPC(Union Des Forces Patriotiques Du Congo) .

Nyuma yuko uwo mutwe utangaje ko bagiye gukora k’umugaragaro bahise batangaza intambara maze bavuga ko bo bazashigikira ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), kurwanya M23. Ni mugihe kandi ingabo za RDC muri Kivu yaruguru bari bamaze kumenyesha ko ngo bagiye gukora uburyo bwose bushoboka ingabo za M23 zishire imbunda hasi bitaba ibyo bakoreshe ingufu za Gisirikare kuyirwanya munzira zose zishoboka bakayirandura.
By Bruce Bahanda.
Tariki 23/09/2023.