• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje amagambo atunguranye amaze kugera ku k’ibuga c’indege ca Bujumbura.

minebwenews by minebwenews
September 25, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yavuze amagambo atunguranye akimara kugera ku k’ibuga c’indege ca Bujumbura. Nimugihe yari amaze iminsi igera 15 ari M’uruzinduko muri Cuba na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ndayishimiye ahageze mugihe muri iki gihugu hari amakuru avuga ko bamwe mubategetsi bohafi ye bashaka kumuhirika k’ubutegetsi.

Ndayishimiye ati: “Mwari mwigera mubona Intare igenda yanitse amenyo hejuru Mugabo ariko ifite amenyo akarishe. Mwari mwigera mubona Inzara yazishize hejuru, mugabo ifite inzara zikarishe.”

Ibi ngobisa nko gutunga urutoki abo akunze kwita ibihangange bifite uwo mugambi, mu kubibwira ko afite amenyo akarishe kubirusha!!

Amakuru akomeje gutangwa n’ibinyamakuru by’u Burundi, yemeza ko mbere y’uko Ndayishimiye ahagera, umutekano w’ikibuga c’indege wari wakajijwe kurusha uko wahora.

N’kuko bigaragara nuko ngo abasirikare bo mw’ikambi yahitwa i Gakumbu icunga ikirere c’indege, bari basazije gucunga umutekano (mis en alerte), aho byemezwa ko nta musoda yari arekuriwe gusohoka.

Aya makuru akomeza avuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye agarutse mugihugu wenyine mugihe yari yajanye n’umugore we.

Kandi ko kuva muri Cuba aja Amerika barikumwe ndetse kandi ava muri Amerika aja mu Bubiligi barikumwe. Isoko yacu itubwira ko Ndayishimiye yashatse gusiga umugore we ngwabanze aze gusuzuma uko umutekano uhagaze n’inyuma y’ibihuha byari byabaye byinshi ko bashaka kumuhirika k’ubutegetsi.

Ariko kandi mugihugu c’u Burundi ngo ibihuha nibyo byagiye bitangurira guhirika ubutegetsi.

Ahagana mu mwaka wa 1666, amateka avuga ko hashize ukwezi kose bivugwa ko mu Burundi habaye ihirikwa ry’ubutegetsi byaje kurangira umwami Ndayizeye Rushatsi V ahiritswe na Michel Micombero.

Nyuma kandi y’imyaka 10 ibihuha byaje bivuga ko habaye guhirika ubutegetsi bwa Michombere birangira nyine ahiritswe n’inshuti yohafi Colonel Bagaza.

Noho mu mwaka wa 1987 haje kandi ibihuha ko Bagaza yahiritswe ibi nabyo byaje kuba ukuri birangira Major Petro Buyoya ahiritse Jean Baptiste Bagaza.

Gusa ubutegetsi bwa Evariste Ndayishimiye, buheruka kunyomoza aya makuru avugwa ko hari abashaka guhirika ubutegetsi bwa Evariste Ndayishimiye.

Ni amakuru bavuze bakoresheje urubuga rwahoze ari Twitter kuri ubu ruzwi nka X, aho Minisiteri ishinzwe umutekano murico gihugu yagize iti: “Kubihuha bigize igihe bivugwa ko hari umugambi wogutembagaza ubutegetsi ndetse bakanahamagarira abantu kugira ico bakora . Minisiteri y’umutekano ihumurije abantu bose ko ntazu irigusha ni Amahoro kandi mutekane. Mwe guha agaciro ibyo bihuha.”

By Bruce Bahanda.

Tariki 25/09/2023.

Tags: Evariste Ndayishimiye w'u Burundi yatangaje amagambo atunguranye akimara kugera ku k'ibuga c'indege ca Bujumbura
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Uwahoze akuriye Komisiyo y'amatora muri RDC Corneille Nangaa yise perezida Félix Tshisekedi umubeshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?