• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

M23 yaburiye Guverinoma ya Kinshasa ko kuba iri kubashoraho intambara bisa nokw’irahuriraho umuriro waka.

minebwenews by minebwenews
September 27, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za M23 zibona ko gusubira mu gace ka Mushaki kw’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, no kuba Kinshasa yaratangaje ko igiye gushora i Ntambara kuri M23 uyu mutwe wo ngu bibona ko aribyago bikomeye Kinshasa iri kw’ikururira .

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

FARDC yageze mugace ka Mushaki tariki ya 22/09/2023 ubwo Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru akaba n’umuyobozi w’ibikorwa bya gisirikare, Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, yasuraga aka gace kahora kagenzurwaga n’ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bw’umuryango wa EAC.

Amakuru yo kuba izi ngabo zarasubiye muri Mushaki yemejwe n’ibiro by’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru uwo munsi, aho byagize biti: “Major Gen Perer Cirimwami kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22/9/2023 yageze muri Mushake muri teritwari ya Masisi. Yatangaje kugaruka kwa FARDC muri aka gace, hamwe n’ingabo z’u Burundi, atanga ubutumwa bwo kudafungura amarembo y’ibiganiro na M23.”

Umuvugizi wa M23 mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, kuri uyu wa Gatatu, tariki 27/09/2023 yasabye ko Leta ya RDC ifatirwa ibihano, kuko ngo yarenze ku myanzuro y’amahoro y’abakuru b’ibihugu byo muri EAC, isubiza ingabo muri Mushaki.

Kanyuka yagize ati: “Hari ukohereza abasirikare n’ingabo za UDPS (Ishyaka riri ku butegetsi) muri Mushaki. Ni ukwica ihagarikwa ry’imirwano n’icyemezo cy’abakuru b’ibihugu cyafatiwe mu Nama ya Bujumbura ku tariki 4/02/2023. Turasaba akarere kubishingiraho bagafatira Kinshasa ibihano.”

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, na we aremeza ko amagambo Perezida wa RDC, Félix Tshisekedi, agaragaza ko adashaka ko imirwano ihagarara.

Ati: “Birakwiye kumenya ko ibyo Perezida Tshisekedi yabwiye UN ari ukurenga kweruye ku myanzuro y’i Nama idasanzwe ya EAC yabereye i Bujumbura tariki ya 4/2/2023. Guhagarika imirwano no kuva mu bice kwa M23 gukwiriye kujyanirana n’ibiganiro.”

Bisimwa yatangaje ko ubutegetsi bwa RDC bwagize amahitamo mabi yo kunyeganyeza inzira y’amahoro no gutesha agaciro umuhate w’abakuru b’ibihugu bya EAC, ashyira imbere intambara, bityo ko agomba kwirengera ingaruka zayo.

Yagize ati: “Perezida Tshisekedi yihakanye umukono yashyize kuri iyi myanzuro, ahitamo intambara nk’uburyo rukumbi rwo kugera ku mahoro. Akwiye kwirengera ingaruka z’intambara. Abaturage batubere abagabo, M23 izirwanaho.”

Leta ya RDC yari yatangaje ko izatangira kurasa kuri M23 niba itarava mu bice yafashe kugeza tariki ya 24/09. Ubu butegetsi burashinja uyu mutwe kutubahiriza imyanzuro y’abakuru b’ibihugu bya EAC.

By Bruce Bahanda.

Tariki 27/09/2023.

Tags: FardcKwirahuriraho umuriroM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Dore uko imyiteguro y'urugamba ihagaze kuri none Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?