Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Intumwa idasanzwe y’umunyamabanga Mukuru w’u muryango wa b’ibumbye muri RDC yagaragajeko M23 ikomeje gutuma leta ya Kinshasa isuzugurwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 29, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Kane intumwa idasanzwe y’umunyamabanga Mukuru w’u muryango wa b’ibumbye, Bintou Keita, yagaragaje impungenge z’uko ibintu byifashe muri Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. Ibi yabivuze ubwo yarari i New York, muri Leta Z’unze Ubumwe za Amerika, yavuze ko umutwe wa M23 ukomeje gutuma abategetsi ba Kinshasa basuzugurwa ati ndetse bikabangamira n’ibikorwa by’umutekano muribyo bice.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Bintou Keita, yakomeje agaragaza ko intambara itigeze ihagarara kuva mbere, aho yagize ati: “Nubwo bavuzeko habaye guhagarika intambara hagati ya M23 n’Ingabo za RDC(FARDC), ariko intambara yo yakomeje kubaho hagati y’imitwe y’inyeshamba ishigikiwe na Leta ya Kinshasa n’uyu mutwe wa M23.

Yakomeje ati: “Umutwe wa M23 uracagenzura ibice by’ingenzi biherereye muri teritwari ya Rutchuru, Masisi na Nyiragongo.”

Uyu muyobozi wa Monusco yavuze kandi ko M23 yabatambamiye ndetse irabirukana ubwo ingabo za Monusco zashaka ga gutunganya ikigo ca Gisirikare ca Rumangabo kiri muri teritware ya Rutsuru, nimugihe iki kigo barimo bagitegurira abo mu mutwe wa M23 kugira ariho bazakirirwa.

Madame Bintou keita, yasabye ko hagakwiye ko M23 irambika imbunda hasi cangwa hakaba kubahiriza ibyashizweho umukono kumasezerano ya Luanda na Nairobi.

Ubwo yarakomeje gusobanura iby’uyu mutwe wa M23 yavuze ko ari i Nyeshamba z’Abakongomani, zirwanira Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo zishinjwa gushigikirwa n’igihugu c’abaturanyi babo, ariko kandi yemeje ko uyu mutwe wifuza gukorana ibiganiro na leta ya Kinshasa ibyo Kinshasa ikomeje gutera utwatsi.

By Bruce Bahanda.

Tariki 29/092023.

Tags: Intumwa idasanzwe y'umunyamabanga Mukuru w'u muryango wa b'ibumbye muri RDCYagaragaje impungenge z'uko abategetsi ba Kinshasa bakomeje gusuzugurwa kubera ibikorwa bya M23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Umuntu umwe niwe wapfuye abandi 11 barakomereka ni mugisasu carasiwe i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?