Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

M’uburasirazuba bwa RDC haravugwa kubura kw’imirwano hagati ya M23 n’i Ngabo za FARDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 2, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 01/10/2023, havuzwe imirwano ikaze M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo (Eastern DRC). Ni imirwano yahuzaga i Ngabo z’Isarambwe( M23) hamwe n’imitwe ishigikiwe na Leta ya Kinshasa. Ki mweho iyo mirwano hari Amakuru Minembwe Capital News, yahawe n’abaturiye ibyo bice ko ni Ngabo za FARDC zamaze kuyinjiramo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni mugihe ziriya Ngabo za RDC, z’ibarizwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, zari zimaze iminsi zitangaje ko zigiye guhasha Inyeshamba z’uyu mutwe wa M23 umaze umwaka urenga wongeye kubura intambara irwanya leta ya Kinshasa. Izi Ngabo za FARDC zanamaze no gushira Itangazo rishinja uyu mutwe kuba washeshe ngo amasezerano yo guhagarika imirwano aya masezerano akaba yarasinyiwe i Luanda na Nairobi. Muriryo tangazo harimo ko ngo “FARDC iracari muri bwaburyo bwo guhagarika imirwano.” Iri tangazo ryakomeje riti: “Umutwe wa M23 ushigikiwe na Kigali wagabye ibitero kuriyi tariki 1/10/2023, ibigabye mubirindiro byacu mubice byo muri teritware ya Masisi.”

Nkuko iyi nkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice bemeje ko imirwano ikomeye yabereye muri bi bice bikurikira: “Kirororwe, Kibarizo, Busumba na Kirumba.” I kindi nuko iy’intambara yatangijwe n’imitwe ishigikiwe na Leta ya Kinshasa ariko ko i Ngabo za FARDC zahize zitabara iyi mitwe iyifasha guhangana na M23.

Aya makuru yakomeje avugwa ko ziriya Ngabo z’Isarambwe(M23), zahise zirukana i Ngabo za FARDC niyi mitwe iyifasha harimo FDLR, Mai Mai, ndetse na Wagner.

Itangazo dukesha umutwe wa M23, ryemeza ko intambara yabaye ku Munsi w’ejo hashize yarimo i Ngabo za Kinshasa. Ni itangazo ririho umukono w’umuvugizi wa M23 bwana Lawrence Kanyuku.

By Bruce Bahanda.

Tariki 02/10/2023.

Tags: M'uburasirazuba bwa RDC haravugwa imirwano hagati ya M23 ni Ngabo za FARDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

I Ngabo z'u Burundi, zabaga muri Kivu y'Epfo, zikomeje kwegera Umupaka w'u Rwanda na RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?