• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Aba buriwe kudakora imyigaragambyo muri Uganda bakanga, bayikoze ntiyabagwa neza.

minebwenews by minebwenews
July 23, 2024
in Regional Politics
0
Aba buriwe kudakora imyigaragambyo muri Uganda bakanga, bayikoze ntiyabagwa neza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Aba buriwe kudakora imyigaragambyo muri Uganda bakanga, bayikoze ntiyabagwa neza.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni inzego zishinzwe umutekano mu gihugu cya Uganda zamaze guta muri yombi bamwe mu rubyiruko rwari mu myigaragabyo yo kwa magana ubutegetsi bwa perezida Yoweli Kaguta Museveni.

Mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Kabiri, urubyiruko rwo muri Uganda rwazindutse rukora imyigaragambyo mu mujyi wa Kampala, aho ruvuga ko iyi myigaragabyo igamije kwa magana ruswa ikabije ndetse n’ihohoterwa ry’u burenganzira bwa muntu bashinja ubutegetsi bw’iki gihugu cya Uganda.

Televisiyo y’igihugu cya Uganda ya NTV, yashize amashusho agaragaza urubyiruko ruri kwiruka mu mihanda, uko rwiruka ari nako inzego zishinzwe umutekano zikomeza ku biruka inyuma, ndetse abanyamaguru make, birangira batawe muri yombi.

Abari muri iyi myigaragabyo, basabaga ko bamwe mu bategetsi begura, ndetse kandi bagasaba ko ruswa yahita ihagarikwa vuba kandi n’abayidya bagahita babiryozwa.

Mbere y’uko iyi myigaragabyo iba, perezida Yoweli Kaguta Museveni yari yaburiye abashaka kuyikora kutabitekereza, ndetse ababwira ko bareka gukina n’umuriro ugurumana.

Abasirikare n’abapolisi boherejwe ku nyubako zikoreramo inzego za leta ziri hirya no hino muri iki gihugu, zirimo inteko ishinga mategeko hagamijwe kugira ngo bakumire abashaka gukora iy’i myigaragabyo.

Kimweho, kugeza ubu nta mubare uratangazwa wa batawe muri yombi bazira gukora iyo myigaragabyo, ariko amakuru yemeza ko Polisi, yamaze guta muri yombi abatari bake.

                  MCN.
Tags: ImyigarambyoInzego zishinzwe umutekanoKampalaNtiyaguye neza abarimo kuyikora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yirukanye bamwe mu bategetsi bo muri leta ye, bakoze imishyikirano na M23.

Perezida Tshisekedi yirukanye bamwe mu bategetsi bo muri leta ye, bakoze imishyikirano na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?