
Mururambo, abatware baho basabye ingabo za Barundi (FDNB), ziheruka kuza murako gace kwirukana Maimai yazanye nabo.
Ingabo zab’Arundi ziheruka kuja mubice bya Rurambo zivuye Kundondo ya Bijombo, zakoranye ikiganiro naba Chefs b’Indondo ya Rurambo ho muri Territory ya Uvira muri Kivu yamajyepho mugihugu ca Republika iharanira democrasi ya Congo.
Iki kiganiro cabaye ahagana mumasaha ya saatanu zo kuwagatatu tariki 08/03/2023, nimugihe aba Chefs baka karere bari bamaze kubona neza ko Maimai yaje izanye nabasirikare ba FDNB ndetse na bo mumutwe wa Gumino nkuko ayamakuru twayahawe nabaturage baturiye Imisozi miremire y’Imulenge homuri Kivu yamajyepho.
Igihe aba Chefs baganiraga nabasirikare ba FDNB, babanjye kubabaza ikibagenza abarundi nabo ati: “Twabw’iwe ko mufite umutekano utarimwiza ariko tuhageze twasanze muramahoro” Aba Chefs bongera kubabaza igituma bazanye na Maimai? Abarundi basubiza ati: “Kuberako dusanze muramahoro izi Maimai mubona zigomba gusubirayo vuba twe tukaguma hano.”
Maimai zahitiye ahitwa Kuwabirindiro, ziyobowe na Gishaba ndetse na Gihebe, zarikumwe kandi ningabo za Gumino ziyobowe nuwitwa Fureko. Abarundi bo bari ahitwa kuri Mugono.
Umuturage watanze amakuru kuri Minembwe Capital News, yagize ati : “Nubwo ab’Arundi batubwiye ko Maimai isubira inyuma, atariko dufite amakuru ko Maimai ariyo isigara hano Igahororo naho Abarundi bashobora gusubira Kundondo cangwa bakerekeza i Burundi, ikindi nuko ab’Arundi bashukitse ariko ab’Abashutse bifuzaga ko baza kurwanya abaturage b’Irwanaho bakorera mugace ka Gahororo.”
Yakomeje avuga ko : “Abarundi nyuma yokugera hano bamenye neza ko aba bashuka batabifuriza umubano mwiza n’a Twirwaneho ariko ntaco ab’Arundi borwanira nabaturage b’Irwanaho kuko ntaho bahuriye.”