• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ababarirwa mu magana biciwe i Moba ahahoze hatuye Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
June 16, 2025
in Conflict & Security
0
Ababarirwa mu magana biciwe i Moba ahahoze hatuye Abanyamulenge.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ababarirwa mu magana biciwe i Moba ahahoze hatuye Abanyamulenge.

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Muri teritware ya Moba mu ntara ya Tanganyika, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, hiciwe abantu 318, bicwa n’umutwe witwaje intwaro ukorera muri iki gice.

Moba ni teritware yo muri Tanganyika, isanzwe ifite agace kitwa Byura. Aka gace kahoze gatuyemo Ingo z’Abanyamulenge zibarirwa mu bihumbi, kuva mu myaka yo ha mbere, aho zaje kuhakurwa n’intambara zo mu mwaka wa 1997. Bongera gusubira i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, aho bari baraje bava icyo gihe.

Abenshi mu bari barabungiye muri kariya gace basobanura ko bari barajanweyo ahanini no kuragira Inka zabo, ubutunzi Abanyamulenge basanzwe bashyira imbere cyane kuruta ubundi bwose.

Rero, aha Moba, amakuru agaragaza ko mu ijoro ryo ku itariki ya 14 rishyira ku ya 15/06/2025, umutwe w’inyeshyamba ugakoreramo wakicyiyemo abantu 318.

Ni amakuru yashyizwe hanze bwa mbere n’umuyobozi mukuru w’inteko ishinga amategeko ya Congo, Vital Kamerhe, akaba yagize ati: “I Moba umukuru w’umutwe witwara gisirikare yatuye umujinya ku baturage arabica mu ijoro ryo ku itariki ya 14/06/2025. Yishe abaturage 318. Ibi mu nteko ishinga amategeko ntidushobora kubyihanganira.”

Nubwo aya makuru yatangajwe n’umutegetsi wo hejuru muri RDC, ariko ntiyasobanuye neza uwo mutwe wakoze ubwo bwicanyi.

Kimweho yavuze ko ubu bwicanyi bwakorewe abaturage ba Moba, bwakurikiwe n’uruzinduko minisitiri w’ingabo za Congo aheruka kugirira mu ntara ya Tanganyika, ikindi nuko muri urwo ruzinduko yatunze agatoki imitwe y’inyeshyamba ikorera muri icyo gice.

Ku rundi ruhande amakuru ava i Moba yo agaragaza ko ubwicanyi bwahabereye ari isubiranamo ry’amoko ahatuye.

Agira ati: “Abantu 318 biciwe i Moba mu ntambara yo gusubiramo kwa moko yaho. Imihana igera kuri 20 iratwikwa. Yahindutse umuyonga.”

Tags: ByuraMOBA
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y’i Kinshasa, isi yamubereye nto!

Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y'i Kinshasa, isi yamubereye nto!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?