• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ababarirwa mu mirongo, nibo bamaze kumenyekana baguye mu mirwano yasakiranije Ingabo za IDF n’iza Hamas.

minebwenews by minebwenews
July 13, 2024
in Regional Politics
0
Ababarirwa mu mirongo, nibo bamaze kumenyekana baguye mu mirwano yasakiranije Ingabo za IDF n’iza Hamas.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ababarirwa mu mirongo, nibo bamaze kumenyekana baguye mu mirwano yasakiranije Ingabo za IDF n’iza Hamas.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Iri joro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13/07/2024, abasirikare ba Israel bavuye mu bice bimwe byo mu Ntara ya Gaza, nyuma y’isibaniro ry’intambara hagati y’Ingabo z’icyo gihugu n’abarwanyi ba Hamas.

Ni ntambara yasize ihitanye abantu benshi, isenya ingo n’ibikorwa remezo nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’abashinzwe ibikorwa by’u butabazi.

Kandi imirwano ikaba mu gihe abashyigikiye ibiganiro ari bo leta Zunze Ubumwe z’Amerika bakomeje gusaba ko iyi ntambara ihagarara ndetse ikarangira burundu abafashwe bunyago n’abarwanyi ba Hamas mu gitero cyo ku itariki ya 07/10/2023, bakarekurwa.

Inzego z’ubutabazi muri Gaza ziravuga ko imirambo igera kuri 60 y’Abanyapalestina bishwe n’ingabo za Israel mu Cyumweru kimwe gishize.

Kandi bikavugwa ko bariya bantu bishwe ubwo ingabo za Israel zarimo ziva muri ibyo bice byo mu Ntara ya Gaza.

Ndetse kandi iri shami rishinzwe ubutabazi rya buriye abaturage kudapfa kugaruka muri ibyo bice ko hubwo bobanza bakareka intambara ikaza hagarara.

Gusa iki gisirikare cya Israel nacyo kivuga ko mu Ntara ya Gaza, babonye indege z’intambara ndetse n’ibikoresho byinshi by’agisirikare bikiri mu mazu, kandi ko bigaragara neza ko abarwanyi ba Hamas bakiyirimo.

Nubwo biruko, abarwanyi nabo ba Hamas bavuga ko hari igitero baheruka kugaba ku ngabo za Israel, bazirasamo amasasu ahitana abatari bake abandi benshi barakomereka. Ariko nta mubare bigeze batangaza.

             MCN.
Tags: 60 bishweGazaHamasIsrael
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
I Goma umutekano ukomeje kuzamba, iri joro ryakeye humvikanye urusaku rw’imbunda rwinshi.

I Goma umutekano ukomeje kuzamba, iri joro ryakeye humvikanye urusaku rw'imbunda rwinshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?