Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ababarirwa mu mirongo, nibo bamaze kumenyekana baguye mu mirwano yasakiranije Ingabo za IDF n’iza Hamas.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 13, 2024
in Regional Politics
0
Ababarirwa mu mirongo, nibo bamaze kumenyekana baguye mu mirwano yasakiranije Ingabo za IDF n’iza Hamas.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ababarirwa mu mirongo, nibo bamaze kumenyekana baguye mu mirwano yasakiranije Ingabo za IDF n’iza Hamas.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Iri joro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13/07/2024, abasirikare ba Israel bavuye mu bice bimwe byo mu Ntara ya Gaza, nyuma y’isibaniro ry’intambara hagati y’Ingabo z’icyo gihugu n’abarwanyi ba Hamas.

Ni ntambara yasize ihitanye abantu benshi, isenya ingo n’ibikorwa remezo nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’abashinzwe ibikorwa by’u butabazi.

Kandi imirwano ikaba mu gihe abashyigikiye ibiganiro ari bo leta Zunze Ubumwe z’Amerika bakomeje gusaba ko iyi ntambara ihagarara ndetse ikarangira burundu abafashwe bunyago n’abarwanyi ba Hamas mu gitero cyo ku itariki ya 07/10/2023, bakarekurwa.

Inzego z’ubutabazi muri Gaza ziravuga ko imirambo igera kuri 60 y’Abanyapalestina bishwe n’ingabo za Israel mu Cyumweru kimwe gishize.

Kandi bikavugwa ko bariya bantu bishwe ubwo ingabo za Israel zarimo ziva muri ibyo bice byo mu Ntara ya Gaza.

Ndetse kandi iri shami rishinzwe ubutabazi rya buriye abaturage kudapfa kugaruka muri ibyo bice ko hubwo bobanza bakareka intambara ikaza hagarara.

Gusa iki gisirikare cya Israel nacyo kivuga ko mu Ntara ya Gaza, babonye indege z’intambara ndetse n’ibikoresho byinshi by’agisirikare bikiri mu mazu, kandi ko bigaragara neza ko abarwanyi ba Hamas bakiyirimo.

Nubwo biruko, abarwanyi nabo ba Hamas bavuga ko hari igitero baheruka kugaba ku ngabo za Israel, bazirasamo amasasu ahitana abatari bake abandi benshi barakomereka. Ariko nta mubare bigeze batangaza.

             MCN.
Tags: 60 bishweGazaHamasIsrael
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
I Goma umutekano ukomeje kuzamba, iri joro ryakeye humvikanye urusaku rw’imbunda rwinshi.

I Goma umutekano ukomeje kuzamba, iri joro ryakeye humvikanye urusaku rw'imbunda rwinshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?