• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ababarirwa muri 5 ni bo bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera i Uvira abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 8, 2025
in Conflict & Security
0
Ababarirwa muri 5 ni bo bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera i Uvira abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imyigaragambyo iri kubera Uvira imaze kugwamo ababarirwa muri 5 abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye

You might also like

Umwe mu Badepite Yirukanywe muri Wazalendo Nyuma yo Kwemera Uruhare mu Bitero bya Drones byabereye i Goma

RDC mu Mpaka Ziremereye ku Hazaza h’Itegeko Nshinga ry’Igihugu

Impungenge zikomeje kwiyongera mu misozi y’i Mulenge nyuma y’aho FARDC irasiye ibisasu mu baturage

Abantu batanu ni bo bamaze kumenyekana baguye mu myigaragambyo ikomeje kubica bigacika mu mujyi wa Uvira uherereye ku kiyaga cya Tanganyika muri Kivu y’Amajyepfo.

Ni amakuru dukesha abari muri iki gice, aho bahamya ko hamaze gupfa abagore babiri n’abasore batatu.

Uretse kuba hamaze kuvugwa abapfuye abakomeretse n’abo ngo nibenshi n’ubwo umubare wabo utaratangazwa.

Mu butumwa bw’amajwi bwatanzwe n’uherereye kuri Meri aho bari kurasira abari mu myigaragambyo bugira buti: “Iruhande rwanjye nabonye intumbi zibiri z’abagore barashwe. Nigiye imbere mpasanga abasore na bo babiri bamaze kwitaba Imana.”

Yanongeyeho ati: “Ubu turi kwiruka, turahunze.”

Igice barasiwemo neza n’impande y’ibiro bya Meri ahari hakoraniye imbaga y’abantu ibihumbi n’ibihumbi bamagana Brigadier General Olivier Gasita. Basaba ko ava i Uvira.

Igisirikare cy’iki gihugu cyahawe ibwiriza ryo kurasa abigaragambya, mbere y’uko batangira iyi myigaragambyo muri Kavimvira.

Gusa baje kubareka bayikomereza kuri meri ngo kubera ko bayikoze mu mahoro, kandi ko nta mbunda bitwaje, nyamara bahageze batangira kwangiza no gusenya inyubako y’ibyo biro. Ndetse haza no kugaragara abafite intwaro.

Ibyatumye igisirikare kibasukaho urufaya rw’amasasu. Aka kanya bari kwiruka berekeza mu duce tutabereyemo imyigaragambyo.

Ku rundi ruhande hari andi makuru avuga ko Wazalendo bagiye gutabara abigaragambya, kuburyo i Uvira hashobora kwaduka intambara iremereye hagati ya FARDC n’aba barwanyi.

Hagaragaye n’amashusho y’abasirikare bambaye neza bikwije bari kurasa hagati muruvungi rw’abantu ibihumbi bigaragambiriza kuri meri.

Tags: ImyigaragambyoUvira
Share34Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Umwe mu Badepite Yirukanywe muri Wazalendo Nyuma yo Kwemera Uruhare mu Bitero bya Drones byabereye i Goma

by Bahanda Bruce
March 14, 2026
0
Umwe mu Badepite Yirukanywe muri Wazalendo Nyuma yo Kwemera Uruhare mu Bitero bya Drones byabereye i Goma

Umwe mu Badepite Yirukanywe muri Wazalendo Nyuma yo Kwemera Uruhare mu Bitero bya Drones byabereye i Goma Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

RDC mu Mpaka Ziremereye ku Hazaza h’Itegeko Nshinga ry’Igihugu

by Bahanda Bruce
March 14, 2026
0
RDC mu Mpaka Ziremereye ku Hazaza h’Itegeko Nshinga ry’Igihugu

RDC mu Mpaka Ziremereye ku Hazaza h’Itegeko Nshinga ry’Igihugu Mu gihe ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) buyobowe na Perezida Félix Tshisekedi butangiye kuvuga ku gitekerezo...

Read moreDetails

Impungenge zikomeje kwiyongera mu misozi y’i Mulenge nyuma y’aho FARDC irasiye ibisasu mu baturage

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Impungenge zikomeje kwiyongera mu misozi y’i Mulenge nyuma y’aho FARDC irasiye ibisasu mu baturage

Impungenge zikomeje kwiyongera mu misozi y’i Mulenge nyuma y’aho FARDC irasiye ibisasu mu baturage Amakuru aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika...

Read moreDetails

Umusirikare Wigeze Kugarukwaho mu Mateka y’Iyicwa rya Perezida Laurent-Désiré Kabila Yongeye Kuvugwa

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Umusirikare Wigeze Kugarukwaho mu Mateka y’Iyicwa rya Perezida Laurent-Désiré Kabila Yongeye Kuvugwa

Umusirikare Wigeze Kugarukwaho mu Mateka y’Iyicwa rya Perezida Laurent-Désiré Kabila Yongeye Kuvugwa Amakuru aturuka mu mujyi wa Lubumbashi aravuga ko Gen. Eddy Kapend yaba yatawe muri yombi n’inzego...

Read moreDetails

Amakuru y’Ibanga Agaragaza ko FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bateguye Igitero Kinini gishobora Gutangirira mu Bice bya Uvira

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Ese Politiki ya Tshisekedi mu Burasirazuba bwa RDC Irasa n’Intaba yo Hepfo Ihabwa Yo Ntitange”? — Isesengura rya Girinka William Kabare

Amakuru y’Ibanga Agaragaza ko FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bateguye Igitero Kinini gishobora Gutangirira mu Bice bya Uvira Amakuru mashya avuye imbere mu gisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yigaruriye uduce dushya tugera mu icumi

AFC/M23 yigaruriye uduce dushya tugera mu icumi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?