• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abacancuro baguye mu mutego w’ingabo za M23 birangira bahapfiriye, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
February 14, 2024
in Regional Politics
0
Abacancuro baguye mu mutego w’ingabo za M23 birangira bahapfiriye, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abacancuru bo mu itsinda rya biyita abakomanda baguye muri Ambush y’ingabo za General Sultan Makenga, mu bice byo muri teritware ya Masisi, bamwe muribo barapfa abandi barakomereka.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

N’i byabaye mu gitondo cyo k’umunsi w’ejo hashize tariki ya 13/02/2024, ubwo bariya bacancuro bavaga mu gace kitwa Kingi, gaherereye mu nkengero za Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, baza kugwa mu mutego w’ingabo za General Sultan Makenga, nk’uko bya tangajwe n’urubuga rwa Alliance Fleuve Congo.

Herekanwe n’amashusho agaragaza uburyo imodoka y’abacancuro yarashwe iratokombera, ndetse wa bonaga n’ingabo za M23 kuru hande aho.

Amakuru avuga ko abo bacancuro ko bavaga mu gace ka Kingi berekeza i Mubambiro, aho bivugwa ko M23 yari yamaze kugera ku dusozi twu namiye Centre ya Sake.

Uru rubuga rwa Alliance Fleuve Congo, rukemeza ko harashwe Abacancuru ba biri bahita bagwa aho undi wari wa komeretse aza gupfira munzira, ajanwe ku bitaro.

Mu mirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri, M23 yari yatewe impande zose ahanini mu bice bikikije centre ya Sake, muri teritware ya Masisi, maze M23 iza kw’irwanaho biza kurangira ifashe na centre yose ya Sake.

Ibi bibaye mugihe M23 yari heruka kurasa Batayo y’ingabo za RDC zo mu mutwe wa Hibaux barapfa bose barashira nk’uko MCN yabibwiwe n’umwe mu barwanyi ba M23.

Uwo murwanyi wa M23 ya vuze ko bamwe muri abo ba Hibaux ko barasiwe mu gace kitwa ku ma Cafee abandi barasirwa neza ahitwa Kimoka, aba basirikare ba Hibaux bapfanye na bakomanda babo batatu barimo na Lt Col Lele.

Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko bariya ba Hibaux ko barimo barwanira gupfa no gushira kugira centre ya Sake ntije mu maboko ya M23.

K’urundi ruhande biravugwa ko M23 ko yakomeje kuja imbere nyuma yo gufata Sake k’u mu goroba w’ejo hashize bakomereje mu Bambiro no mu bindi bice bigana i Goma, k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Kugeza ubu M23 iravuga ko ishaka gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa, ubwo yita ko bu babaza abaturage, bityo rero bakavuga ko bashaka ko abaturage bagira amahoro n’umutekano.

Bruce Bahanda.

Tags: AbacancuroBatatu bapfuyeM23MasisiUmutego
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Abaturage baturiye i Ntara ya Kirundo, bahamije ko ingabo z’u Burundi ziteguye gutera igihugu cy’u Rwanda.

Abaturage baturiye i Ntara ya Kirundo, bahamije ko ingabo z'u Burundi ziteguye gutera igihugu cy'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?