
Abacukuzi bamubuye yagaciro icumi (10), bakundukiwe numusozi kubera invura, Mukarere Kanyange kumusozi wa Mitondo muri Teritware ya Fizi muntara ya Kivu Yepfo.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 25.03.2023, saa 7:44Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, nuko kumunsi wokuwakane(23.03.2023), ikicumweru turimo, abacukuzi bamubuye yagaciro bagera kwicumi, bakundukiwe numusozi kubera invura ninshi yaguye uwomunsi.
Ibi byabaye mumasa yigicamunsi cuwomunsi ubwo invura yarimo kugwa. Ibi bikaba byarabereye ahitwa kumusozi wa Mitondo uherereye ahitwa Kuri Nyange muri Teritware ya Fizi ho muri Kivu Yepfo mugihugu ca Republika iharanira democrasi ya Congo (RDC).
Sosyete icukura amabuye yagaciro ivuga ko bagerageje kureba ko bobasha kurokora bagenzi babo kugicamunsi cuwomunsi nkuko twabibwiwe Kuri Minembwe Capital News, kubarokora biranga.
Izi Sosyete zicukura amabuye yagaciro hamwe nahamwe muntara ya Kivu yamajyepho bavuga ko batagira ibikoresho bihagije byogucukura ndetse nibikorwa byubutabazi bikaba bikiringora bahizi kuribo.
Bagasaba leta ya Kinshasa ko ibaba hafi kugira ibikorwa byabo bye kugira inkomyi. Ikindi cavuzwe gikunze kwibasira abacukura amabuye yagaciro ninyeshamba zo mumutwe wa Maimai, bavuze ko bakunze kunyagwa Ibyabo bivuye kurizo nyeshamba ndetse rimwe narimwe ningabo za FARDC zikunze kubibasira nkuko barimo kubibwira Minembwe Capital News.




